Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutima Wo Gufasha Watumye Bakura Abana Mu Muhanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umutima Wo Gufasha Watumye Bakura Abana Mu Muhanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 July 2022 4:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mujyi wa Kigali hari itsinda ry’urubyiruko rwishyize hamwe rushyiraho Umuryango bise Faith Family ugamije guhuriza hamwe amafaranga bagafasha abana batagira kivurira kubona imibereho n’imyigire.

Intego yabo ni ugukora ibikorwa by’urukundo no kwita ku bantu ariko bakanabatura Imana mu masengesho.

Umuyobozi muri uyu muryango witwa Parfait Ntwari  yatubwiye ko igitekerezo cyo gufasha bariya bana cyaje nyuma yo kubona ko abana badafite ubushobozi bwo kwiga kubera ubukene bw’iwabo cyangwa izindi mpamvu, hari ubwo bajya kuba mu muhanda, bigashyira ubuzima bwabo mu kaga.

Ku ikubitiro batangiye bafasha abana 13 bari mu kigero cyo kwiga mu mwaka wa kane n’uwa Gatandatu w’amashuri abanza.

Bakoze ibyo bashoboye kandi hari abana bavuye mu muhanda bashobora kwiga.

Umutima wo gufasha barawufite bakeneye ingabo mu bitugu

Nyuma yo gusubiza bariya bana mu ishuri, abo muri Faith Family bavuga ko byabahaye ikizere ko n’aho bataha mu miryango bazakomeza kwitabwaho bitewe n’impinduka nziza uburezi bugeza kuri bariya bana.

Bakeneye uwabatera ingabo mu bitugu…

Kubera ko hari abana benshi bakeneye buriya bufasha, abagize uriya muryango bavuga ko umutima wo gufasha benshi bawufite ariko bagakomwa mu nkokora n’uko ubushobozi bujya bugera aho bugashira.

Ntwari ati: “ Ni ngombwa kwibuka no kuzirikana aba bana mu buryo bwo kubungura ubumenyi. Kugira ngo ibi bishoboke dukeneye inkunga y’uwo ari we wese ubishaka.”

Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ivuga ko imwe mu ntego zayo zikomeye ari ugufasha k’uburyo abana bose bava mu muhanda bakarererwa  mu miryango kandi bakiga.

Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango Prof Jeannette Bayisenge

 

TAGGED:AbanafeaturedGufashaRwandaUrukundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sena Y’u Rwanda Mu Mwiherero Wo Kwinegura
Next Article Umugore Umeze Neza Agaba Amahoro- Apostle Mignone Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?