Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutima Wo Gufasha Watumye Bakura Abana Mu Muhanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umutima Wo Gufasha Watumye Bakura Abana Mu Muhanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 July 2022 4:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mujyi wa Kigali hari itsinda ry’urubyiruko rwishyize hamwe rushyiraho Umuryango bise Faith Family ugamije guhuriza hamwe amafaranga bagafasha abana batagira kivurira kubona imibereho n’imyigire.

Intego yabo ni ugukora ibikorwa by’urukundo no kwita ku bantu ariko bakanabatura Imana mu masengesho.

Umuyobozi muri uyu muryango witwa Parfait Ntwari  yatubwiye ko igitekerezo cyo gufasha bariya bana cyaje nyuma yo kubona ko abana badafite ubushobozi bwo kwiga kubera ubukene bw’iwabo cyangwa izindi mpamvu, hari ubwo bajya kuba mu muhanda, bigashyira ubuzima bwabo mu kaga.

Ku ikubitiro batangiye bafasha abana 13 bari mu kigero cyo kwiga mu mwaka wa kane n’uwa Gatandatu w’amashuri abanza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bakoze ibyo bashoboye kandi hari abana bavuye mu muhanda bashobora kwiga.

Umutima wo gufasha barawufite bakeneye ingabo mu bitugu

Nyuma yo gusubiza bariya bana mu ishuri, abo muri Faith Family bavuga ko byabahaye ikizere ko n’aho bataha mu miryango bazakomeza kwitabwaho bitewe n’impinduka nziza uburezi bugeza kuri bariya bana.

Bakeneye uwabatera ingabo mu bitugu…

Kubera ko hari abana benshi bakeneye buriya bufasha, abagize uriya muryango bavuga ko umutima wo gufasha benshi bawufite ariko bagakomwa mu nkokora n’uko ubushobozi bujya bugera aho bugashira.

Ntwari ati: “ Ni ngombwa kwibuka no kuzirikana aba bana mu buryo bwo kubungura ubumenyi. Kugira ngo ibi bishoboke dukeneye inkunga y’uwo ari we wese ubishaka.”

- Advertisement -

Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ivuga ko imwe mu ntego zayo zikomeye ari ugufasha k’uburyo abana bose bava mu muhanda bakarererwa  mu miryango kandi bakiga.

Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango Prof Jeannette Bayisenge

 

TAGGED:AbanafeaturedGufashaRwandaUrukundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sena Y’u Rwanda Mu Mwiherero Wo Kwinegura
Next Article Umugore Umeze Neza Agaba Amahoro- Apostle Mignone Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?