Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ivuguruye: Umutingito Muri Indonesia Umaze Guhitana Abantu252
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ivuguruye: Umutingito Muri Indonesia Umaze Guhitana Abantu252

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 November 2022 3:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu Ibarura ry’abahitanywe n’umutingito wabaye muri Indonesia mu masaha make ashize, rivuga ko abantu 252 ari abo bamaze kubarurwa ko wahitanye.

Kuri uyu wa Mbere habarurwaga abantu ba mbere bahiranywe n’iki cyiza, havugwaga abantu 56 n’abakomeretse bageraga kuri 700.

Mu bakomeretse niho havuye umubare wiyongereye w’abo uriya mutingito wahitanye.

Abenshi bazize ibikomere batewe n’uko bagwiriwe n’inzu, abandi bagwa kwa muganga mu gihe bari barimo kwitabwaho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Igice kinini kibasiwe ni icy’ahitwa Java.

Uyu mutingito ntiwari ukanganye cyane kubera ko wari ufite igipimo cya 5.6 ku gipimo cya Richter ariko kubera ko kiriya gice n’ubundi kiba gisanzwe cyarashegeshwe n’indi mitingito, iyo hari ubaye uko waba ungana kose ntubura guhitana benshi.

Inkangu nazo zihitanye benshi kandi n’imirimo yo gushakisha indi mibiri irakomeje.

Indonesia: Abantu 56 Bahitanywe N’Umutingito Abandi 700 Barakomereka

TAGGED:featuredIndonesiaUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Bigo By’Amashuri Muri Kigali Hagiye Guterwa Ibiti Byinshi By’Imbuto
Next Article Ruhango: Umusore Aravugwaho Kwica Nyina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?