Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ivuguruye: Umutingito Muri Indonesia Umaze Guhitana Abantu252
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ivuguruye: Umutingito Muri Indonesia Umaze Guhitana Abantu252

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 November 2022 3:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu Ibarura ry’abahitanywe n’umutingito wabaye muri Indonesia mu masaha make ashize, rivuga ko abantu 252 ari abo bamaze kubarurwa ko wahitanye.

Kuri uyu wa Mbere habarurwaga abantu ba mbere bahiranywe n’iki cyiza, havugwaga abantu 56 n’abakomeretse bageraga kuri 700.

Mu bakomeretse niho havuye umubare wiyongereye w’abo uriya mutingito wahitanye.

Abenshi bazize ibikomere batewe n’uko bagwiriwe n’inzu, abandi bagwa kwa muganga mu gihe bari barimo kwitabwaho.

Igice kinini kibasiwe ni icy’ahitwa Java.

Uyu mutingito ntiwari ukanganye cyane kubera ko wari ufite igipimo cya 5.6 ku gipimo cya Richter ariko kubera ko kiriya gice n’ubundi kiba gisanzwe cyarashegeshwe n’indi mitingito, iyo hari ubaye uko waba ungana kose ntubura guhitana benshi.

Inkangu nazo zihitanye benshi kandi n’imirimo yo gushakisha indi mibiri irakomeje.

Indonesia: Abantu 56 Bahitanywe N’Umutingito Abandi 700 Barakomereka

TAGGED:featuredIndonesiaUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Bigo By’Amashuri Muri Kigali Hagiye Guterwa Ibiti Byinshi By’Imbuto
Next Article Ruhango: Umusore Aravugwaho Kwica Nyina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?