Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutoza Seninga Yahagaritswe Mu Kazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umutoza Seninga Yahagaritswe Mu Kazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2023 8:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu buryo bwiswe ko ari ‘agateganyo’, ubuyobozi bwa Sunrise bwahagaritse umutoza mukuru w’iyi ikipe witwa Seninga Innocent.

Yahagarikanywe n’uwari umwungirije

Bibaye nyuma y’ukoiyi kipe itsinzwe na Marine FC ibitego 2-1 ku mukino wa 19 wa Shampiyona wabereye kuri Stade ya Nyagatare.

Umwungiriza wa Seninga Innocent yitwa Gilbert ariko azwi cyane ku izina rya Canavaro.

Seninga n’umwungiriza we bahagaritswe mu gihe cy’iminsi 15 nk’uko bikubiye mu butumwa bwacishijwe muri Groupe ya WhatsApp abayobozi ba Sunrise bahuriraho n’abakinnyi.

Kuba bombi bahagaritswe byatumye umukino uzahuza iyi kipe na Gorilla FC uzatozwa na Mugabo Évaliste. Umukino uteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Gashyantare 2023 i Bugesera.

Ahagaritswe mu gihe hari amakuru yavugaga ko iyo ari kumwe n’abakinnyi be mu rwambariro hari abo bagirana amacakubiri.

TAGGED:BugeseraImikinoSeningaSunriseUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa Polisi Wungirije Yibukije Akamaro Ko Kwitonda Mu Muhanda
Next Article Leta Zunze UBumwe Z’Abarabu Mu Masezerano Y’Ubufatanye N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Bugesera: PSF Yasinyanye N’Ubuyobozi Gufatanya Guteza Imbere Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ese APR FC Iri Ku Rwego Rwo Gukina N’Amakipe Nka Pyramids FC?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu RwandaPolitiki

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?