Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa Islamic State Yishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umuyobozi Wa Islamic State Yishwe

admin
Last updated: 03 February 2022 4:19 pm
admin
Share
Iyi nyubako ni yo yaguyemo umuyobozi wa Islamic State
Iyi nyubako ni yo yaguyemo umuyobozi wa Islamic State
SHARE

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko Abu Ibrahim al-Hashimi al-Qurayshi wayoboraga umutwe wa Islamic State yishwe, mu gitero cyagabwe mu majyaruguru ya Syria.

Amakuru yatangajwe avuga ko al-Qurayshi yaturikije igisasu cyahise kimuhitana hamwe n’abagize umuryango we. Hemejwe ko abantu 13 bapfuye harimo abagore n’abana.

Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ko ku mabwiriza yatanze, uriya mugabo yishwe mu ijoro ryakeye. Ni igitero cyamaze amasaha abiri.

Biden yavuze ko cyari kigamije kuburizamo iterabwoba, kurengera abaturage ba Amerika n’inshuti zayo no kugira ngo isi irusheho gutekana.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati “Kubera ubumenyi n’umurava by’ingabo zacu, twabashije kuvana mu ntambara Abu Ibrahim al-Hashimi al-Qurayshi – umuyobozi wa ISIS. Abanyamerika bose bavuye muri icyo gikorwa amahoro.”

Muri icyo gitero kandi indege ya Amerika yaje kwangirika, bituma abasirikare bayituritsa mbere yo kuhava.

Iki gitero gikozwe mu gihe Islamic State yari ikomeje kwisuganya, nyuma y’uko mu minsi ishize yigaruriye gereza imwe mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Syria.

Al-Quraishi yagizwe umuyobozi wa IS ubwo Abu Bakr al-Baghdadi wayishinze yari amaze kwicwa mu Ukwakira 2019, na we aturikanywe n’ibisasu yateze.

Al-Qurayshi yishwe
TAGGED:Abu Bakr al-BaghdadiAbu Ibrahim al-Hashimi al-QurayshiIslamic State
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyihariye Ku Ruzinduko Rw’Isaha Imwe Perezida Kagame Yagiriye i Nairobi
Next Article Filozofe Prof Nzeyimana Ati: ‘ Coup d’Etat Ikorwa Ahantu Hari Icyuho Runaka’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?