Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwaka Urushize Jay Polly KABAKA Atabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umwaka Urushize Jay Polly KABAKA Atabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 September 2022 6:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuraperi w’Umunyarwanda Jay Polly yatabarutse Taliki 01, Nzeri, 2022 azize uburwayi yatewe n’uruvange rw’imiti bivugwa ko yanyoye.

Amazina ye bwite yari Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly.

Mu ijoro ryo ku ya 01, Nzeri, 2021 nibyo ubuyobozi bwa Gereza ya Mageragere aho yari afungiye bwatangaje ko yazize uruvange rw’ibintu birimo alcool ikoreshwa biyogoshesha, amazi ashyushye n’isukari byavanzwe n’abo bafunganywe maze akabinywa, nk’uko amakuru yabyemezaga.

Mu gitondo cyo kuwa Kane nibwo inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye ica umugongo abakunzi ba rap nyarwanda.

Nyuma yo kurwarira muri Gereza, yajyanywe mu bitaro bya Muhima aza kuhagwa.

It's been one year since you were announced dead. Your family, friends and fans miss you. Without your talent we wouldn't know songs like Akanyarirajisho, Rusumbanzika, deux fois deux, ku musenyi and many more that filled our hearts with joy and motivation. #RIPKabaka pic.twitter.com/oaTHRlQHkB

— Janvier POPOTE (@JanvierPopote) September 2, 2022

Uyu muraperi yari umwe mu bahanga u Rwanda rwagize.

Yamenyekaniye mu itsinda bitaga Tough Gangs. Yari kumwe na P.fla, Green Person, na Bulldog.

Jay Polly ni umwe bahanzi nyarwanda begukanye irushanwa rikomeye rya Primus Guma Guma Superstar (PGGSS), ubwo ryabaga ku nshuro ya kane ku wa 30 Nyakanga 2014.

Umva indirimbo umuraperi mugenzi we  Riderman yamutuye:

TAGGED:Jay PollyMageragereRidermanUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwandakazi Boherejwe Kugarura Amahoro Ku Isi Baravugwa Imyato
Next Article Kwita Izina Abana B’Ingagi: Umuhango Ukomoka Mu Muco W’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?