Yitwa Kiernan Forbes akaba yaramenyekanye nka AKA. Uyu muhanzi uri mu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo yiswe arasiwe mu Mujyi wa Durban n’abantu Polisi itaratangaza kugeza...
Abakoze urutonde rw’abaraperi barusha abandi ku isi bashyize Jay-Z(mu bagabo) na Nick Minaj( mu bagore) ku myanya ya mbere. Nibo baraperi b’ibihe byose. Birumvikana ko buri...
Umuraperi Kanye West yakomanyirijwe gukandagira muri Australie aho umugore ‘mushya’ akomoka. Mu Cyumweru gitaha yari ahafite urugendo rwo kujya gusura abo kwa Sebukwe, bakamubona bakaganira. Ubuyobozi...
Ama G The Black ( amazina ye ni Hakizimana Amani) yavuze ko abahanzi nyarwanda bo muri iki gihe baririmba ‘ibintu bitumvikana.’ Avuga ko biterwa no ‘kudabagira.’...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 06, Ugushyingo, 2022 nibwo umuraperi w’Umunyamerika wamamaye ku izina rya Eminem yashyizwe ku rutonde ry’ibindi byamamare by’Abanyamerika bitazibagirana ku...