Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwalimu SACCO Irishimira Umusaruro Wayo Mu Mwaka Wa 2023
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Umwalimu SACCO Irishimira Umusaruro Wayo Mu Mwaka Wa 2023

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2023 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Nteko rusange y’abanyamuryango ba Umwalimu SACCO, abayitabiriye beretswe ibyo bagezeho mu kwizigamira no kwishyura imyenda abanyamuryango bafashe.

Muri iyi nama hatangajwe ko kugeza ku wa 30, Ugushyingo 2023, iyi koperative yabaruraga umutungo rusange ugera kuri Frw 193, 309,396, 619 , aho muri uyu mwaka yungutse Frw 15, 396, 878, 568 hatari havanwamo imisoro, ndetse n’inyungu ya Frw 11 608 999 979.

Iyi nama yari igamije kurebera hamwe uko iyi koperative ihagaze n’icyakorwa ngo ikomeze gutera imbere.

Inama yateranye kuri uyu wa wa 29/12/2023 ni iya 27 isanzwe y’Inteko Rusange y’Umwalimu SACCO.

Yahuje abanyamuryango 416 bahagarariye abandi mu mirenge yose y’igihugu.

Abanyamuryango bo muri buri murenge bahagarariwe n’umwarimu umwe.

Muri iyi nama, abahagarariye abanyamuryango baragejejweho ibikorwa by’ingenzi byakozwe mu mwaka wa 2023 n’ uko ikigo gihagaze mu mpera z’ukwezi k’Ugushyingo 2023.

Ni inama yitabiriwe n’abalimu bahagarariye abandi. Buri Murenge wohereje umwe uhagararira bagenzi be

Beretswe na raporo ya Komite y’Ubugenzuzi, basuzuma kandi bemeza iteganyabikorwa n’ingengo y’imari by’umwaka wa 2024.

Umwalimu SACCO ni Koperative yashyiriwe gufasha abalimu kugira ubukungu buteye imbere binyuze mu kwizigamira, gusaba inguzanyo no kuyishyura iriho inyungu kugira ngo habeho iterambere ry’abanyamuryango bayo muri rusange.

TAGGED:featuredKoperativeSACCOUmwalimu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ndayishimiye Avuga Ko Niba Mu Burundi Haba Abatinganyi Bakwiye ‘Guterwa Amabuye’
Next Article Gasabo: Yagwiriwe N’Ikirombe Yagiye Gushaka Icyo Iwe Biririrwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Body Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

Minisitiri Ingabire Yabwiye Isi Uko u Rwanda Rwimakaje Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?