Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwalimu SACCO Irishimira Umusaruro Wayo Mu Mwaka Wa 2023
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Umwalimu SACCO Irishimira Umusaruro Wayo Mu Mwaka Wa 2023

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2023 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Nteko rusange y’abanyamuryango ba Umwalimu SACCO, abayitabiriye beretswe ibyo bagezeho mu kwizigamira no kwishyura imyenda abanyamuryango bafashe.

Muri iyi nama hatangajwe ko kugeza ku wa 30, Ugushyingo 2023, iyi koperative yabaruraga umutungo rusange ugera kuri Frw 193, 309,396, 619 , aho muri uyu mwaka yungutse Frw 15, 396, 878, 568 hatari havanwamo imisoro, ndetse n’inyungu ya Frw 11 608 999 979.

Iyi nama yari igamije kurebera hamwe uko iyi koperative ihagaze n’icyakorwa ngo ikomeze gutera imbere.

Inama yateranye kuri uyu wa wa 29/12/2023 ni iya 27 isanzwe y’Inteko Rusange y’Umwalimu SACCO.

Yahuje abanyamuryango 416 bahagarariye abandi mu mirenge yose y’igihugu.

Abanyamuryango bo muri buri murenge bahagarariwe n’umwarimu umwe.

Muri iyi nama, abahagarariye abanyamuryango baragejejweho ibikorwa by’ingenzi byakozwe mu mwaka wa 2023 n’ uko ikigo gihagaze mu mpera z’ukwezi k’Ugushyingo 2023.

Ni inama yitabiriwe n’abalimu bahagarariye abandi. Buri Murenge wohereje umwe uhagararira bagenzi be

Beretswe na raporo ya Komite y’Ubugenzuzi, basuzuma kandi bemeza iteganyabikorwa n’ingengo y’imari by’umwaka wa 2024.

Umwalimu SACCO ni Koperative yashyiriwe gufasha abalimu kugira ubukungu buteye imbere binyuze mu kwizigamira, gusaba inguzanyo no kuyishyura iriho inyungu kugira ngo habeho iterambere ry’abanyamuryango bayo muri rusange.

TAGGED:featuredKoperativeSACCOUmwalimu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ndayishimiye Avuga Ko Niba Mu Burundi Haba Abatinganyi Bakwiye ‘Guterwa Amabuye’
Next Article Gasabo: Yagwiriwe N’Ikirombe Yagiye Gushaka Icyo Iwe Biririrwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?