Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwe Mubo Impanuka Y’Indege Yo Muri Tanzania Yahitanye Ni ‘Umunyarwandakazi’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umwe Mubo Impanuka Y’Indege Yo Muri Tanzania Yahitanye Ni ‘Umunyarwandakazi’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2022 1:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hanifa Hamza ni umwe mu bantu 19 babaruwe ko bahitanywe n’impanuka y’indege y’ikigo cyo muri Tanzania yaraye ibereye mu Kiyaga cya Victoria.

Ari mu bantu 19 bahitanywe n’iyi mpanuka

Uyu munyarwandakazi yari akiri ingaragu akaba yari afite imyaka 29 y’amavuko.

Yize ubuvuzi muri Kaminuza yo muri Turikiya yitwa Ankara Yildirim Beyazit Universitesi.

Murumuna we kwa Nyinawabo witwa Leatitia Musomandera yabwiye Taarifa ko avukana na nyakwigendera kwa Nyinawabo ndetse twavuganye ari mu rugendo agana Tanzania aho umuvandimwe yaguye akaba ari naho azashyingurwa.

Yari umuhanga mu buvuzi kuko yabyigiye muri Kaminuza zo muri Turikiya

Umuryango wa Musomandera utuye mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Niboye.

Leatitia Musomandera yabwiye Taarifa ko avukana na nyakwigendera kwa Nyinawabo Nyakwigendera yakomokaga kuri Se w’Umunya Tanzania na Nyina w’Umunyarwandakazi.

TAGGED:featuredImpanukaKaminuzaTanzaniaUbuvuzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RwandAir Yatangije K’Umugaragaro Ingendo Zijya Mu Bwongereza
Next Article Indege Y’Intambara Ya DRC Yavogereye Ikirere Cy’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?