Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: UN Irashaka Miliyari $2.56 Zo Gutabara Sudan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

UN Irashaka Miliyari $2.56 Zo Gutabara Sudan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 May 2023 11:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi riratabariza abanya  Sudani bahunze igihugu kugira ngo haboneke miliyari $2.56 yo kuzishakira ibizitunga.

Inyinshi mu mpunzi zo muri Sudani zahungiye muri Ethiopia no muri Tchad, ariko hari izahungiye imbere mu gihugu.

Ramesh Rajasingham ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi bya UN ku cyicaro cyayo i Geneva avuga ko abanya Sudani bagera kuri miliyoni 25 bakeneye imfashanyo mu buryo bumwe cyangwa ubundi.

Yabwiye CNBC  ko ikibazo gikomeye gihari muri iki gihe ari uko intambara yaje gutuma ubuzima bw’abatuye kiriya burushaho kuba bubi.

Yunzemo ko ariya mafaranga abonetse, byafasha ko abana babona imiti, ababyeyi bakabona icyo bashyira ku ziko kandi n’amahema yo kubamo akaboneka ku bwinshi kubera ko n’impunzi zidasiba kwiyongera.

Kugeza ubu UN ivuga ko abantu barenga 700,000 bamaze guhungira Sudani mu mahanga n’aho abagera ku 200,000 bakaba barahungiye imbere mu gihugu.

Hari impungenge ko bidatinze, abantu bagera kuri miliyoni imwe bazaba baramaze kuva mu byabo, bakazaba bakeneye byibura miliyoni $472 zo kubitaho

Biteganyijwe ko bizaba byabaye mu gihe cy’amezi atandatu ari imbere.

TAGGED:AmahangafeaturedImfashanyoImpunziSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Itangazo Rya DUSINGIZIMANA Wilson Ally Risaba Guhinduza Amazina
Next Article Abashoramari B’u Rwanda Banengwa Guha u Bushinwa ‘Ibintu Bimwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?