Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Undi Munyarwandakazi Yatsinzwe Atarenze Umutaru Mu Mikino Olempiki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Undi Munyarwandakazi Yatsinzwe Atarenze Umutaru Mu Mikino Olempiki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 July 2024 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uwo ni Diane Ingabire waraye utsinzwe mu isiganwa ku igare yakoreshejemo iminota umunani n’amasogonda 27 aho yasiganwaga n’Umunya Australia witwa Brown Grace akamwanikira akanamutwara umudali wa zahabu.

Hari mu isiganwa ry’umuntu ku giti cye mu gice cyahariwe abagore.

Ingabire Diane yabaye uwa 35.

Umunyarwandakazi Ingabire Diane asanzwe akinira Canyon Sram Generation yo mu Budage.

Yari afitiwe icyizere ko ari bwitware neza ariko cyaraje amasinde.

Ingabire azakina irindi siganwa ry’ibilometero 158 mu muhanda hamwe n’abandi (Road Race) mu Cyumweru gitaha, hakaza ari taliki 4 Kanama, saa cyenda i Trocadéro.

Siwe gusa watashye rugikubita kuko undi witwa Uwihoreye Tufaha wahatanaga mu kurwanisha inkota nawe yasezerewe mu ijonjora rya mbere atsinzwe n’Umuyapani Miho Yoshimura amanota 15-7 mu mukino wabereye muri Grand Palais kuri uyu wa Gatandatu.

Ku Cyumweru, taliki ya 28 Nyakanga ni bwo Mwamikazi Jazilla w’imyaka 19, nawe azakina isiganwa ry’amagare yo mu misozi saa cyenda n’iminota 10.

Ni mu gihe Abanyarwanda bazongera guhatana ku wa Gatanu, taliki ya 2, Kanama, 2024.

TAGGED:AbanyarwandakazifeaturedImikinoolempiki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yagabweho Ikindi Gitero Gikomeye
Next Article Nel Ngabo Yishimira Aho Ageze Akorana Na Bagenzi Be
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?