Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Undi Mutwe W’Abarwanyi Wadutse Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Undi Mutwe W’Abarwanyi Wadutse Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2021 10:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha y’ijoro ryakeye abarwanyi b’Umutwe wiyise Bataka-Katanga bagabye igitero ku basirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bicamo bane n’abaturage 11 bo muri Lubumbashi.

Aya makuru yemejwe na Meya w’uyu mujyi witwa Ghislain Robert Lubaba Buluma.

Igihe cyagabwemo kiriya gitero giherereyemo ibirombe by’amabuye y’agaciro byinshi.

Umugabo uhatuye witwa Jeff Mbiya Kadima yabwiye AFP ko bariya barwanyi bari bafite umugambi wo kugaba ibitero ku nkambi za gisirikare za  Kimbembe na Kibati, ariko urapfuba kubera ko basakiranye na bariya basirikare bigenderaga bakarasana.

Umugore witwa Fortune Mbaya yemeje ko abarwayi bagabye kiriya gitero ari mu mutwe mushya w’abarwanyi witwa Bakata-Katanga.

Bagenzi be nabo bemeza ko uriya mutwe ari mushya aho batuye.

Umunyamakuru wa Al Jazeera witwa Alain Uayakani ukorera i Kinshasa avuga ko byazasaba ingabo za Leta  iminsi irindwi kugira ngo zirukane bariya barwanyi muri kariya gace.

Umujyi wa Lubumbashi ni uwa kabiri munini muri DRC, ukaba uherereye mu Majyepfo ashyira Uburasirazuba bw’Intara ya Katanga.

Aka gace niko gakomokamo Joseph Kabila wahoze ayobora DRC.

TAGGED:AbarwanyifeaturedKabilaKatangaLubumbashi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kubera Saint Valentin U Rwanda Rwoherereje Amahanga ‘Indabo Nyinshi’
Next Article Ibyaranze Icyumweru Ku Banyarwanda Bakina Muri Shampiyona Zo Hanze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?