Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubanza Rwa Kabila Ruratangira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Urubanza Rwa Kabila Ruratangira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 9:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu ruratangiza urubanza Joseph Kabila wahoze ari Perezida aregwamo kugambanira igihugu.

Ni urubanza ruri rutangire nyuma y’amezi abiri Inteko ishinga amategeko, umutwe wa Sena, wemeje ko Kabila akuweho ubudahangarwa yari asanganywe nka Senateri uhoraho.

Ibindi byaha aregwa birimo kwifatanya mu bikorwa bigamije kudurumbanya umudendezo rusange w’abaturage, ibyaha byibasiye amahoro rusange, ubwicanyi bugambiriwe, kwica, kwica urubozo, gushimuta abantu n’ibindi.

Abo ku ruhande rwa Joseph Kabila bavuga ko ibyo ashinjwa bidahuje n’ukuri ahubwo biri mu mpamvu za Politiki kandi ko nta n’ishingiro ry’amategeko bifite.

Mbere y’uko ibi byose bitangira, Perezida Félix Tshisekedi yavuze kenshi ko inzego ze z’iperereza zizi neza ko Kabila ari we muterankunga mukuru wa M23 na AFC, imitwe yishyize hamwe igafata ibice by’ingenzi by’Intara za Kivu ya Ruguru n’iy’Epfo.

Hagati aho, Joseph Kabila ntari bwitabe urukiko kuko atari muri DRC.

TAGGED:CongofeaturedKabilaPerezidaTshisekediUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufaransa Burashaka Kwemera Palestine Nka Leta, Byarakaje Amerika
Next Article RBC Igiye Kuba Ikigo Gikomeye Mu By’Ubuzima Muri Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?