Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubanza Rwa Kabila Ruratangira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Urubanza Rwa Kabila Ruratangira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 9:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu ruratangiza urubanza Joseph Kabila wahoze ari Perezida aregwamo kugambanira igihugu.

Ni urubanza ruri rutangire nyuma y’amezi abiri Inteko ishinga amategeko, umutwe wa Sena, wemeje ko Kabila akuweho ubudahangarwa yari asanganywe nka Senateri uhoraho.

Ibindi byaha aregwa birimo kwifatanya mu bikorwa bigamije kudurumbanya umudendezo rusange w’abaturage, ibyaha byibasiye amahoro rusange, ubwicanyi bugambiriwe, kwica, kwica urubozo, gushimuta abantu n’ibindi.

Abo ku ruhande rwa Joseph Kabila bavuga ko ibyo ashinjwa bidahuje n’ukuri ahubwo biri mu mpamvu za Politiki kandi ko nta n’ishingiro ry’amategeko bifite.

Mbere y’uko ibi byose bitangira, Perezida Félix Tshisekedi yavuze kenshi ko inzego ze z’iperereza zizi neza ko Kabila ari we muterankunga mukuru wa M23 na AFC, imitwe yishyize hamwe igafata ibice by’ingenzi by’Intara za Kivu ya Ruguru n’iy’Epfo.

Hagati aho, Joseph Kabila ntari bwitabe urukiko kuko atari muri DRC.

TAGGED:CongofeaturedKabilaPerezidaTshisekediUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufaransa Burashaka Kwemera Palestine Nka Leta, Byarakaje Amerika
Next Article RBC Igiye Kuba Ikigo Gikomeye Mu By’Ubuzima Muri Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?