Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubanza Rwa Kazungu Rwasubitswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urubanza Rwa Kazungu Rwasubitswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2024 10:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Denis Kazungu
SHARE

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse iburanisha ku rubanza rwa Kazungu Denis, ukurikiranyweho ibyaha 14 birimo icy’ubwicanyi buturutse ku bushake n’iyicarubozo. Ni nyuma y’uko ubushinjacyaha busabye ko Kazungu aburana ku byaha byose bihurije hamwe bwamureze aho kuburana icyaha ukwacyo.

Byari bitaganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu taliki 05, Mutarama, 2024 ari bwo uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yari buburanishwe kuri kimwe mu byaha aregwa cyo gusambanya abagore ku ngufu.

Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko ibyaha burega Denis Kazungu abiburana bikomatanyije kuko n’ubundi bwabimureze bikomatanyije, bukavuga ko bidakwiye ko aburana kimwe ukwacyo.

Indi mpamvu y’isubikwa ry’iri buranisha ni uko hari umuntu uregera indishyi nawe wasabye ko bisubikwa.

Biteganyijwe ko urubanza rwe ruzaba taliki 12, Mutarama, 2024.

TAGGED:featuredIsubikwaKazunguUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Koko 80% By’Abanyarwanda Bihagije Mu Biribwa?
Next Article FERWAFA Izakoresha Miliyari Frw 2 Mu Kugura Ibikoresho Bya Hoteli Yayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?