Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uruganda Hima Cement Rwo Muri Uganda Rwahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uruganda Hima Cement Rwo Muri Uganda Rwahiye

admin
Last updated: 16 January 2022 11:41 am
admin
Share
SHARE

Uruganda rukora isima rwo muri Uganda, Hima Cement, rwafashwe n’inkongi kuri uyu wa Gatandatu, bituma ruba ruhagaritse imirimo yo gutunganya isima igurishwa mu bihugu byinshi byo mu karere.

Urwo ruganda ruherereye mu mujyi wa Kasese, rwafashwe n’inkongi ahagana saa 12:30 ku isaha yo muri Uganda. Imibare y’ibanze igaragaza ko iyo nkongi yahitanye abakozi batatu b’uruganda.

Ntabwo uruganda rwose rwahiye, ariko hangiritse igice kinini.

Polisi ya Uganda yatangaje ko amakuru y’ibanze agaragaza ko inkongi yatangijwe n’iturika ry’ahabikwaga ibikomoka kuri peteroli.

Yakomeje iti “Abantu batatu bahise bitaba Imana, batandatu barakomereka.”

Yavuze ko mu bakomeretse harimo abantu batatu barembye cyane.

Umuyozozi wa Hima Cement, Jean Michel Pons, yatangaje ko abashinzwe kurwanya inkongi mu ruganda ku bufatanye n’ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya inkongi n’irya UPDF, babashije kugenzura uwo muriro mu gihe kitageze ku isaha imwe.

Yakomeje ati “Ibikorwa byacu kuri Hima Plant byahagaritswe mu gihe tugihanganye n’iki kibazo no kugira ngo inkongi ikumirwe burundu. Ubuzima n’umutekano by’abakozi n’abafatanyabikorwa bacu bikomeza kuza ku isonga.”

Uyu muyobozi we yavuze ko hakomeretse abantu umunani.

 

 

TAGGED:featuredHima CementUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri Biruta Yasuye Abapolisi B’u Rwanda Bari Mu Butumwa Bw’Amahoro Muri Centrafrique
Next Article Novak Djokovic Yirukanywe Muri Australia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?