Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uruganda Hima Cement Rwo Muri Uganda Rwahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uruganda Hima Cement Rwo Muri Uganda Rwahiye

Last updated: 16 January 2022 11:41 am
Share
SHARE

Uruganda rukora isima rwo muri Uganda, Hima Cement, rwafashwe n’inkongi kuri uyu wa Gatandatu, bituma ruba ruhagaritse imirimo yo gutunganya isima igurishwa mu bihugu byinshi byo mu karere.

Urwo ruganda ruherereye mu mujyi wa Kasese, rwafashwe n’inkongi ahagana saa 12:30 ku isaha yo muri Uganda. Imibare y’ibanze igaragaza ko iyo nkongi yahitanye abakozi batatu b’uruganda.

Ntabwo uruganda rwose rwahiye, ariko hangiritse igice kinini.

Polisi ya Uganda yatangaje ko amakuru y’ibanze agaragaza ko inkongi yatangijwe n’iturika ry’ahabikwaga ibikomoka kuri peteroli.

Yakomeje iti “Abantu batatu bahise bitaba Imana, batandatu barakomereka.”

Yavuze ko mu bakomeretse harimo abantu batatu barembye cyane.

Umuyozozi wa Hima Cement, Jean Michel Pons, yatangaje ko abashinzwe kurwanya inkongi mu ruganda ku bufatanye n’ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya inkongi n’irya UPDF, babashije kugenzura uwo muriro mu gihe kitageze ku isaha imwe.

Yakomeje ati “Ibikorwa byacu kuri Hima Plant byahagaritswe mu gihe tugihanganye n’iki kibazo no kugira ngo inkongi ikumirwe burundu. Ubuzima n’umutekano by’abakozi n’abafatanyabikorwa bacu bikomeza kuza ku isonga.”

Uyu muyobozi we yavuze ko hakomeretse abantu umunani.

 

 

TAGGED:featuredHima CementUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri Biruta Yasuye Abapolisi B’u Rwanda Bari Mu Butumwa Bw’Amahoro Muri Centrafrique
Next Article Novak Djokovic Yirukanywe Muri Australia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?