Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urugo Rwa Mushiki Wa Kabila Rwagoswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Urugo Rwa Mushiki Wa Kabila Rwagoswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2024 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jaynet Kabila iwe hashyizwe ingabo za DRC kubera impamvu zitaramenyekana. Icyakora bivuzwe hashize igihe gito umwe mu bahoze bakorana na Corneille Nangaa afashwe n’ingabo za DRC akazibwira ko Joseph Kabila( musaza wa Jaynet) ari mu batera inkunga intambara ibera mu Burasirazuba bwa DRC.

Urugo rwa Jaynet Kabila ruba mu Murwa mukuru, Kinshasa.

Amakuru avuga ko abo bapolisi berekeje kuri urwo rugo, bari mu modoka yo mu bwoko bwa Jeep

Iy’inkuru inavuga ko hari aba polisi 10, nyuma yo kuzenguruka urugo rwa Jaynet Kabila bahagumye ariko nta kintu baratangaza.

Hari hashize igihe gito urwego rw’iperereza rw’iki gihugu ruhamagaje Jaynet Laurent Kabila ngo agire icyo arusobanurira.

Jaynet Kabila ni impanga ya Joseph Kabila wahoze uyobora DRC.

TAGGED:featuredIngaboKabilaMushikiUrugo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujenosideri Fabien Neretse YAPFUYE
Next Article Netanyahu Yagiriwe Inama Yo Kudatera Iran
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?