Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urujijo Muri Uganda Nyuma Y’Uko Intare Esheshatu Zisanzwe Zapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Urujijo Muri Uganda Nyuma Y’Uko Intare Esheshatu Zisanzwe Zapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2021 9:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego zishinzwe kurengera ibidukikije muri Uganda zasanze intare esheshatu zapfuye, inzego zirimo polisi zikaba zatangiye kubikoraho iperereza.

Izo ntare zabonetse muri Pariki y’Igihugu yitiriwe Queen Elizabeth zaciwe imitwe n’amajanja.

Icyateye ubwoba ababibonye ni uko iruhande rw’imirambo y’izo ntare bahasanze inkongoro zapfuye, bikekwa ko izo ntare zahawe uburozi, ari nabwo bwishe ibyo bisiga.  

Ikigo gishinzwe kurengera urusobe rw’ibinyabuzima muri Uganda (UWA) cyavuze ko bishobora kuba byakozwe n’abashimuta inyamaswa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Izo ntare zizwiho ubushobozi budasanzwe bwo kurira ibiti.

Umuyobozi ushinzwe itumanaho muri UWA, Bashir Hangi, yatangaje ko bababajwe n’ubwo bwicanyi, cyane ko ubukerarugendo ari urwego rukomeye mu gihugu, rwinjiza nibura 10% by’umusaruro rusange w’igihugu.

Ati “UWA yamaganye bikomeye iyicwa ry’inyamanswa mu buryo butemewe n’amategeko kuko ritagira ingaruka mbi gusa ku bukerarugendo bwacu nk’igihugu, ahubwo zigera no ku mafaranga akwiye kwinjizwa kandi afasha mu gushyigikira ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije n’abakora mu byanya bibungabunzwe.”

Si ubwa mbere habaho ibibazo by’impfu z’inyamaswa muri iyo pariki.

Muri Mata 2018, Intare 11 zirimo ibyana umunani zapfuye mu buryo byaketswe ko zarozwe.

- Advertisement -

Ibintu nk’ibyo nanone byateye impfu z’intare eshanu muri Gicurasi 2010.

TAGGED:featuredUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabire Grace Yegukanye Ikamba Rya Miss Rwanda 2021
Next Article Miss Rwanda 2021: Abakobwa Batahanye Miliyoni Zisaga 65 Frw
1 Comment
  • Kidamage says:
    21 March 2021 at 3:01 pm

    Ni ba rushimusi nta bandi

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?