Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urukiko Rwatesheje Agaciro Iby’Uko Rusesabagina Yashimuswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Urukiko Rwatesheje Agaciro Iby’Uko Rusesabagina Yashimuswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 March 2021 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo aheruka kwitaba Urukiko Rukuru ku wa Gatanu tariki 05, Werurwe, 2021 , Rusesabagina yahereye ku nzitizi y’uburyo yafashwemo, avuga ko yashimuswe. Umugabo bazananye ashinje ko yagize uruhare mukumuzana we yavuze ko ari we wabikoze ku giti cye, ko atari Leta y’u Rwanda yamushimuse.

Icyo gihe Rusesabagina yabwiye Urukiko ati: “Nageze hano nshimuswe nk’uko nabivuze, nababwiye ko ndetse n’ubungubu kuba ndi hano mpari nk’ingwate. Kubw’ibyo rero niba narashimuswe, nkaba mpari nk’ingwate, njyewe ndagira ngo bwa mbere mbanze nsubizwe uburenganzira bwanjye, mfungurwe nemye.”

Yahise aha umwanya umwunganizi we Me Rudakemwa Jean Felix kugira ngo abisobanurire urukiko mu magambo arambuye.

Yavuze ko bagejeje inzitizi yabo mu ikoranabuhanga, ariko basanze ntacyo ubushinjacyaha bwigeze buzivugaho.

Nyuma yo kumva ubusobanuro, Inteko iburanisha kuri uyu wa Gatatu tariki 10, Werurwe, 2021 yatangaje ko inzitizi iherutse gutangwa na Paul Rusesabagina yasanze nta shingiro ifite.

We yahise akijuririra.

TAGGED:AgacirofeaturedRusesabaginaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inyandiko z’Ibyo U Bufaransa Bwakoreye Abo Muri Algeria Zigiye Gutangazwa, Ku Rwanda Byifashe Bite?
Next Article Ni Iki Cyateye Kabuga Gushwana n’Umwavoka We?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?