Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urukiko rwemeje ko imanza za Rusesabagina, Sankara na Herman zihuzwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urukiko rwemeje ko imanza za Rusesabagina, Sankara na Herman zihuzwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 December 2020 12:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane taliki 03, Ukuboza, 2020 nibwo Urukiko ruburanisha imanza mpuzamahanga n’izambukiranya imipaka rwemeje ishingiro ry’ikifuzo cy’ubushinjacyaha cy’uko imanza za Paul Rusesabagina, Callixte Nsabimana( Sankara) na Herman Nsengimana zahuzwa.

Inteko y’abacamanza yari yagejejweho kiriya kifuzo yemeje ko ibyo ubushinjacyaha buvuga bw’uko imanza za bariya bagabo zifitanye isano bifite ishingiro.

Ubushinjacyaha bwari bumaze igihe busaba inteko iburanisha ziriya manza ko zazahuzwa kugira ngo hirindwe gutakaza umwanya kandi abaregwa bafite aho bahuriye mu gushyira mu bikorwa ibyaha bashinjwa.

Ubushinjacyaha kandi bwavugaga ko  dosiye za bariya bagabo zabahuzwa n’iz’abandi barwanyi 18 buvuga ko bafite aho bahuriye n’ibyo bariya bagabo baregwa.

Urubanza rukomatanyije ibirego aba bagabo baregwa ruzatangira mu mizi taliki 26, Mutarama, 2021.

 

 

TAGGED:featuredHermanRusesabaginaSankaraUrubanzaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Somalia ishinja Kenya kuba icyitso cya Al Shabab
Next Article Bobi Wine Survives Assassination Attempt By Museveni’s Forces
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?