Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urukiko Rw’Ikirenga Rwa Kenya Rwanze Ko Polisi Ijya Haiti 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Urukiko Rw’Ikirenga Rwa Kenya Rwanze Ko Polisi Ijya Haiti 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2024 9:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abapolisi ba Kenya basabwe guca urugomo mu gihugu
SHARE

Umucamanza mu rukiko rw’ikirenga rwa Kenya yanzuye ko bidakwiye ko Polisi y’iki gihugu yoherezwa mu Haiti kurwanya udutsiko tw’abagizi ba nabi bahashinze ibirindiro.

Uwo mucamanza yavuze ko we na bagenzi be basanze kohereza abapolisi ba Kenya muri Haiti bidakurikije amategeko.

Icyakora abacamanza bavuga ko ahantu nka Haiti hoherezwa abasirikare aho kuba abapolisi.

Ngo nibyo biteganywa n’amategeko.

Kenya yiyemeje kuzohereza abapolisi bayo muri Haiti bakazafatanya n’abandi bazava mu bindi bihugu.

Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya ruvuga ko amategeko ya Kenya avuga ko yohereza abapolisi mu gihugu runaka iyo ibihugu byombi bifitanye amasezerano yo kohererezanya abapolisi.

N’ubwo ubutabera bwa Kenya bwemeje ko uwo ari wo mwanzuro wabwo, ku rundi ruhande Guverinoma yo yavuze ko izajuririra icyo cyemezo.

Mu mezi yashize Minisitiri w’intebe wa Haiti witwa Ariel Henry yabwiye Umuryango w’Abibumbye ko igihugu cye gikeneye umutwe ushinzwe umutekano ngo uze gufasha gutekanisha Haiti.

Abagizi ba nabi muri Haiti bagenzura 80% by’Umurwa mukuru wose wa Haiti ari wo Port-au-Prince.

TAGGED:AbapolisifeaturedHaitiUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article CP Kabera Yaburiye Ibigo Byigenga Bicunga Umutekano
Next Article Rwamagana: Gushakisha Abarohamye Muri Mugesera Birakomeje
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?