Ahitwa Norvège mu Karere ka Nyarugenge habereye impanuka y’imidoka yari itwaye abantu 12 bari bagiye gusura benewabo b’i Kamonyi hapfamo batandatu. Ni amakuru yemezwa n’Umuvugizi w’Ishami...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Nyakanga, 2023 mu murenge wa Kagarama mu Karere ka Kicukiro, hatangijwe amahugurwa y’abapolisi bagize umutwe w’ingabo na Polisi washyiriweho ...
Ku ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishari mu Karere ka Rwamagana habereye umuhango wo kwakira abapolisi b’abofisiye bato 501. Bagize icyiciro cya 12 cy’abapolisi...
Abaturage b’i Paris n’ahandi mu Bufaransa barakajwe n’umupolisi warashe ingimbi arayica. Nyuma y’uko bibaye, Perezida Emmanuel Macron yavuze ko ibyakozwe ari ibintu bidakwiye ‘kubabarirwa’. Umwana warashwe...
Ubwo yagezaga ijambo ku bapolisi 123 bari bamaze amezi atandatu bahugurwa mu byo gukora iperereza, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye yabanyuriye muri...