Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urwego Rwa Mine Na Petelori Rwahawe Umuyobozi Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Urwego Rwa Mine Na Petelori Rwahawe Umuyobozi Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 July 2025 6:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Alice Uwase yashinzwe kuyobora Ikigo cy'igihugu gishinzwe Petelori, Mine na Gazi, RMB.
SHARE

Perezida Kagame yagize Alice Uwase umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi asimbuye Francis Kamanzi.

Kamanzi aherutse kugirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amakoperative (RCA).

Alice Uwase yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru wungirije mu kigo cy’ubucukuzi bwa Mini Petelori na Gazi, inshingano yatangiye ku wa 14, Kamena, 2024.

Mbere y’aho yari umuyobozi w’ishami rishinzwe ubushakashatsi kuri Mine, Peteroli na Gazi muri urwo rwego.

Atarajya muri iki kigo, Uwase yabaye umuyobozi w’imishinga y’ubucukuzi bwa zahabu mu kigo mu kigo  Ngali Mining gisanzwe kuba mu kigo Ngali Holdings

TAGGED:AmabuyefeaturedKagameUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabire Agiye Gufungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo
Next Article ICUKUMBUYE: Amashirakinyoma Ku Biherutse Gucikira Muri Château Le Marara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?