Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urwobo Rwa Bayanga Rwa Huye Rwarasibwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Urwobo Rwa Bayanga Rwa Huye Rwarasibwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 June 2021 8:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwatangaje ko icyahoze ari urwobo rwa Bayanga rwasibwe, ubu rutagiteje ikibazo cy’ubuzima nka mbere.

Uru rwobo ruri mu Murenge wa Ngoma, Akagari ka Kabutare.

Ku rukuta rwa Twitter rw’Akarere ka Huye handitse ko ruriya rwobo rwasibwe ubwo hatunganywaga umuhanda.

Haranditse hati: “Icyobo kinini cyari cyaracukutse ahazwi nko mu Rwabayanga mu Murenge wa Ngoma cyarasibwe, haratunganywa neza.”
Ubuyobozi bwa Huye buvuga ko kiriya cyobo cyasibwe ubwo hakorwaga
umuhanda wa Kaburimbo wageraga ku irimbi rya Rwabayanga-Ngoma.

Ngo byakozwe mu rwego rwo kongera ibikorwa remezo.

Hari ahantu habiri mu Rwanda hafite izina urwa Bayanga.

Hari mu Bugesera no mu Karere ka Huye.

 

TAGGED:BayangafeaturedHuyeUrwobo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuki Banki Za Kenya Zikomeje Kwigarurira Isoko Ry’U Rwanda?
Next Article Urupfu Rw’Uwayoboraga Iperereza Rya Gisirikare Ku Bwa Kabila Rukomeje Kuba Amayobera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?