Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: USA: Muganga Aravugwaho Kwiba Inkingo 9 Za COVID-19 Agakingira Abe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

USA: Muganga Aravugwaho Kwiba Inkingo 9 Za COVID-19 Agakingira Abe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2021 6:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr Hasan Gokal wakoraga mu bitaro biri Houston muri Texas yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’iperereza yari imaze iminsi imukoraho ry’uko yibye inkingo icyenda za COVID-19 agakingira abo mu muryango we n’inshuti ze.

Polisi ivuga ko yibye ziriya nkingo tariki 29, Ukuboza, 2020, akaba yarazibye mu kigo kitwa Harris County Public Health aho yakoraga.

Itangazo ryo gufatwa kwe ryasohowe n’Umugenzacyaha wo muri ako agace witwa Kim Ogg.

 ‘Bazivamo’ ni izina ry’Umunyarwanda…

Kugira ngo bimenyekane ko Dr Gokal yibye ziriya nkingo byatewe n’uko yabiteyemo igiparu ubwo yaganiraga na mugenzi we bakoranaga.

Uyu amaze kurita mu gutwi yabimenyesheje ubuyobozi bw’ikigo akorera nabwo bubibwira Polisi ihita itangira iperereza bucece.

Nyuma yo kubona ibimenyetso bifatika, uriya muganga yirukanywe mu kazi nyuma atabwa muri yombi.

Habanje kwibwa udupfukamunwa none bigeze mu nkingo za COVID-19

Mu mpera za 2019 no mu ntangiriro za 2020 ubwo COVID-19 yadukaga henshi ku isi iturutse mu Bushinwa, hari amakuru yatangajwe ko hari udupfukamunwa twibiwe ku bibuga by’indege kugira ngo tujyanwe mu bihugu nk’u Butaliyani n’ahandi.

Muri ibyo bihe agapfukamunwa kari ‘imari ishyushye’ hirya no hino ku isi.

Muri iki gihe urukingo rw’iki cyorezo rwabonetse birasa n’aho ari indi mari ishyushye  ndetse kurusha udupfukamunwa kandi birashoboka ko n’ahandi ku isi hazaboneka abantu bashaka kutwiba.

Abakora mu buvuzi no mu mutekano bagomba gukomeza kuba maso!

Ivomo:The Mirror

TAGGED:ButaliyaCOVID-19PolisiUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rutsiro: Uvugwaho ‘Kugeragerezwaho’ Icyaha Cyo Gusambanywa Yari Mu Rugo Rw’Ugikekwaho
Next Article AMAVUBI Yihagazeho Anganya Na Marocco, Ese Atsinzwe Yagombora?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?