Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: USA: Muganga Aravugwaho Kwiba Inkingo 9 Za COVID-19 Agakingira Abe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

USA: Muganga Aravugwaho Kwiba Inkingo 9 Za COVID-19 Agakingira Abe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2021 6:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr Hasan Gokal wakoraga mu bitaro biri Houston muri Texas yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’iperereza yari imaze iminsi imukoraho ry’uko yibye inkingo icyenda za COVID-19 agakingira abo mu muryango we n’inshuti ze.

Polisi ivuga ko yibye ziriya nkingo tariki 29, Ukuboza, 2020, akaba yarazibye mu kigo kitwa Harris County Public Health aho yakoraga.

Itangazo ryo gufatwa kwe ryasohowe n’Umugenzacyaha wo muri ako agace witwa Kim Ogg.

 ‘Bazivamo’ ni izina ry’Umunyarwanda…

Kugira ngo bimenyekane ko Dr Gokal yibye ziriya nkingo byatewe n’uko yabiteyemo igiparu ubwo yaganiraga na mugenzi we bakoranaga.

Uyu amaze kurita mu gutwi yabimenyesheje ubuyobozi bw’ikigo akorera nabwo bubibwira Polisi ihita itangira iperereza bucece.

Nyuma yo kubona ibimenyetso bifatika, uriya muganga yirukanywe mu kazi nyuma atabwa muri yombi.

Habanje kwibwa udupfukamunwa none bigeze mu nkingo za COVID-19

Mu mpera za 2019 no mu ntangiriro za 2020 ubwo COVID-19 yadukaga henshi ku isi iturutse mu Bushinwa, hari amakuru yatangajwe ko hari udupfukamunwa twibiwe ku bibuga by’indege kugira ngo tujyanwe mu bihugu nk’u Butaliyani n’ahandi.

Muri ibyo bihe agapfukamunwa kari ‘imari ishyushye’ hirya no hino ku isi.

Muri iki gihe urukingo rw’iki cyorezo rwabonetse birasa n’aho ari indi mari ishyushye  ndetse kurusha udupfukamunwa kandi birashoboka ko n’ahandi ku isi hazaboneka abantu bashaka kutwiba.

Abakora mu buvuzi no mu mutekano bagomba gukomeza kuba maso!

Ivomo:The Mirror

TAGGED:ButaliyaCOVID-19PolisiUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rutsiro: Uvugwaho ‘Kugeragerezwaho’ Icyaha Cyo Gusambanywa Yari Mu Rugo Rw’Ugikekwaho
Next Article AMAVUBI Yihagazeho Anganya Na Marocco, Ese Atsinzwe Yagombora?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?