Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uvugwaho Kuba Umunyamwanda Kurusha Abandi Ku Isi Yapfuye Afite Imyaka 94
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uvugwaho Kuba Umunyamwanda Kurusha Abandi Ku Isi Yapfuye Afite Imyaka 94

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 October 2022 1:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo ukomoka muri Iran witwa Amou Hadji wari ufite agahigo ku kuba umuntu wa mbere ku isi ufite umwanda kubera ko amaze imyaka irenga70 atarikoza amazi, yapfuye. Yaguye mu Majyepfo y’iki gihugu mu gace kitwa Fars mu mudugudu witwa Dejgah.

Amou Haji ubwo yari afite imuaka 90 yabwiye itangazamakuru ko burya gukaraba bitera indwara bigatuma umuntu apfa akenyutse.

Iyi ngo niyo mpamvu yarahiye kuzongera kwikoza amazi.

Avuga ko yarinze agira iriya myaka atararwa ngo azahare.

Mu gace yari atuyemo hari bamwe bavugaga ko yahanzweho n’amashitani atuma atikoza amazi.

Icyakora ngo niwe ubwe wahisemo kutikoza amazi kubera ko yaje kumenya ko gukaraba bitera indwara.

Ikindi ni uko n’abaganga bigeze kumusuzuma basanga mu by’ukuri nta ndwara idasanzwe yigeze  arwara.

Kugeza ubu ntiharatangazwa ibanga ryari mu mubiri we.

TAGGED:IranUmugaboUmwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UN Igiye Gutangiza Umuganda
Next Article Kagame Asanga Afurika Ikeneye Aho Yerekanira Ubuhanga Mu Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

You Might Also Like

Mu mahanga

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?