Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwakubise Macron Urushyi Yasabiwe Amezi 18 Afunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwakubise Macron Urushyi Yasabiwe Amezi 18 Afunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2021 8:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Damien Tarel uherutse kwemera ko yakubise urushyi Emmanuel Macron yasabiwe n’ubushinjacyaha amezi 18 y’igifungo.

Tarel aherutse kubwira urukiko ko atabitewe n’ubugome ariko ubushinjacyaha bukavuga ko yabikoze agamije ubugizi bwa nabi.

Bwemeza ko asanzwe ari umuhezanguni kandi ari ku ruhande rw’abambaraga udukote tw’umuhondo (yellow-vest movement.)
BBC yanditse ko Macron asanga ibyo uriya mugabo yakoze bikwiye gusumanwa ubwitonzi.
Yakubiswe urushyi avuye gusura ishuri riri mu Majyepfo y’Uburasirazuba ahitwa Tain-l’Hermitage.

Tarel yamukubise urushyi avuga ati: “Montjoie na Saint-Denis! Turambiwe Macronisme”

Abashinjacyaha basaba ko yafungwa amezi 18 kubera gukubitira ‘umuntu’ mu ruhame harimo 14 asubitwe.

Abashinjacyaha bavuga ko agomba guhita atangira igihano cyo gufungwa amezi ane ariko asigaye akazashyirwa mu bikorwa ari uko agaragayeho indi myitwarire igize icyaha.

TAGGED:featuredMacronUrushyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Police yeretse itangazamakuru abandi bantu bakurikiranweho Gucuruza Magendu
Next Article U Burundi Na Nigeria Mu Bufatanye Mu Bucuruzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?