Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwakubise Macron Urushyi Yasabiwe Amezi 18 Afunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwakubise Macron Urushyi Yasabiwe Amezi 18 Afunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2021 8:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Damien Tarel uherutse kwemera ko yakubise urushyi Emmanuel Macron yasabiwe n’ubushinjacyaha amezi 18 y’igifungo.

Tarel aherutse kubwira urukiko ko atabitewe n’ubugome ariko ubushinjacyaha bukavuga ko yabikoze agamije ubugizi bwa nabi.

Bwemeza ko asanzwe ari umuhezanguni kandi ari ku ruhande rw’abambaraga udukote tw’umuhondo (yellow-vest movement.)
BBC yanditse ko Macron asanga ibyo uriya mugabo yakoze bikwiye gusumanwa ubwitonzi.
Yakubiswe urushyi avuye gusura ishuri riri mu Majyepfo y’Uburasirazuba ahitwa Tain-l’Hermitage.

Tarel yamukubise urushyi avuga ati: “Montjoie na Saint-Denis! Turambiwe Macronisme”

Abashinjacyaha basaba ko yafungwa amezi 18 kubera gukubitira ‘umuntu’ mu ruhame harimo 14 asubitwe.

Abashinjacyaha bavuga ko agomba guhita atangira igihano cyo gufungwa amezi ane ariko asigaye akazashyirwa mu bikorwa ari uko agaragayeho indi myitwarire igize icyaha.

TAGGED:featuredMacronUrushyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Police yeretse itangazamakuru abandi bantu bakurikiranweho Gucuruza Magendu
Next Article U Burundi Na Nigeria Mu Bufatanye Mu Bucuruzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Hari Abayobozi Muri Guverinoma Bagiye Gusuzumisha Imyotsi Yo Mu Modoka Zabo

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?