Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwari Uherutse Gushingwa Kuyobora Ingabo Muri Kivu Ya Ruguru Yahamagajwe Igitaraganya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwari Uherutse Gushingwa Kuyobora Ingabo Muri Kivu Ya Ruguru Yahamagajwe Igitaraganya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 March 2024 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Général Major Chicko Tshitambue na bagenzi be baraye bohererejwe ubutumwa bw’uko bagomba gusubira i Kinshasa kugira ngo bagire ibyo babazwa ku biri kubera mu gace bashinzwe kuyoboramo ingabo.

Aho ni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru cyane cyane mu gace ka Rwindi.

Rwindi ni umujyi munini uba muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.

Niwo uri ho ikibuga cy’indege cyo muri uyi Ntara.

Iyo uwuvuyemo kandi ugera ahantu hari ibirombe binini by’amabuye y’agaciro biri mu bilometero 40 ugana mu Majyepfo y’iyi Ntara.

Chicko ari amaze igihe gito yoherejwe kuyobora ingabo muri kiriya gice.

Ubutumwa bwo kumusaba gusubira i Kinshasa ngo agire ibyo asobanurira abo muri Minisiteri y’ingabo yabubonye binyuze mu rubuga nkoranyambaga rwa telegram.

Telegram ni urubuga rukora nk’izindi mbugankoranyambaga abantu bahanahaniraho amakuru ariko rutekanye kurusha izindi, iyo ikaba ari nayo mpamvu rukunze gukoreshwa n’inzego z’umutekano, abanyapolitiki, abanyamakuru, abacuruzi bakomeye n’abandi baganira ibintu bikomeye.

Ingabo za DRC zihanganye n’umutwe w’inyeshyamba ukomeye ari wo M23.

Ni umutwe ufite igisirikare n’inzego za politiki bikomeye ku buryo ufata ibice bitandukanye byari bisanzwe birindwa n’ingabo za DRC kandi ukagira n’ubuyobozi bukomeye mu bya politiki.

TAGGED:AbarwanyiCongoDRCM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuraperi Dr. Dre Yahawe Inyenyeri Kubera Akamaro Ke Muri Hip Hop
Next Article Umunyarwanda Wari Umaze Imyaka 30 Yihisha Muri Amerika Yafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?