Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwaririmbye ‘Uwangabiye Inka’ Yamamaye Mu Matora Ari Kuyitegurira Igitaramo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Uwaririmbye ‘Uwangabiye Inka’ Yamamaye Mu Matora Ari Kuyitegurira Igitaramo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2025 10:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Lionel Sentore, umwe mu bahanzi bbarimbira mu buryo bwa gakonda nyarwanda akaba yararirimbye indirimbo yamamaye mu gihe cy’amatora y’Umukuru w’igihugu aheruka ari mu Rwanda ngo ategure igitaramo.

Alubumu ari gutegura yayise ‘Uwangabiye’.

Uyu musore asanzwe aba mu Bubiligi, ariko yaraye ageze mu Rwanda aganira n’itangazamakuru ku itegurwa rya kiriya gitaramo.

Yazanye n’umugore we n’umwana babyaranye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Sentore yabwiye itangazamakuru ati: “Ni igitaramo turi gutegura neza cyane, ariko si igitaramo kinini cyane, gusa ni uguhura n’abakunzi banjye, nkabasogongeza Alubumu yanjye, ubundi nkabataramira.”

Ni alubumu iriho indirimbo 12, akavuga ko byamufashe igihe kingana n’umwaka ngo ayitunganye yose.

Abahanzi bayigizemo uruhare ni Mike Kayihura, Angel na Elysée Bigirimana.

Sentore ubwo yari ageze ku kibuga cya Kanombe.

Igitaramo azatangarizamo iriya Album kizaba tariki 27, Werurwe, 2025 kibera muri Kicukiro RWANDEX ahitwa Atélier du Vin.

Abajijwe icyamuteye kuyita Uwangabiye, Lionel Sentore yatangaje ko byatewe n’uko yamugejeje ku rundi rwego rw’ubwamamare.

- Advertisement -

Mu kwamamaza Perezida Paul Kagame mu matora yo muri Nyakanga, 2024 iyi ndirimbo iri mu zizihizaga ibirori cyane.

Abagize itsinda Ibihame by’Imana bagaragaraga kenshi bari kuyihamiriza ndetse rimwe na rimwe abo mu muryango wa Perezida Kagame nabo bakabafasha.

TAGGED:AmatoraIgitaramoSentoreUwangabiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Zimbabwe: Abayobozi Bakuru Muri RDF Bitabiriye Inama Ya Bagenzi Babo Ba EAC-SADC
Next Article Rusizi: Inkuba Yakubise Abantu Batatu Barimo Umunyeshuri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?