Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwaririmbye ‘Uwangabiye Inka’ Yamamaye Mu Matora Ari Kuyitegurira Igitaramo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Uwaririmbye ‘Uwangabiye Inka’ Yamamaye Mu Matora Ari Kuyitegurira Igitaramo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2025 10:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Lionel Sentore, umwe mu bahanzi bbarimbira mu buryo bwa gakonda nyarwanda akaba yararirimbye indirimbo yamamaye mu gihe cy’amatora y’Umukuru w’igihugu aheruka ari mu Rwanda ngo ategure igitaramo.

Alubumu ari gutegura yayise ‘Uwangabiye’.

Uyu musore asanzwe aba mu Bubiligi, ariko yaraye ageze mu Rwanda aganira n’itangazamakuru ku itegurwa rya kiriya gitaramo.

Yazanye n’umugore we n’umwana babyaranye.

Sentore yabwiye itangazamakuru ati: “Ni igitaramo turi gutegura neza cyane, ariko si igitaramo kinini cyane, gusa ni uguhura n’abakunzi banjye, nkabasogongeza Alubumu yanjye, ubundi nkabataramira.”

Ni alubumu iriho indirimbo 12, akavuga ko byamufashe igihe kingana n’umwaka ngo ayitunganye yose.

Abahanzi bayigizemo uruhare ni Mike Kayihura, Angel na Elysée Bigirimana.

Sentore ubwo yari ageze ku kibuga cya Kanombe.

Igitaramo azatangarizamo iriya Album kizaba tariki 27, Werurwe, 2025 kibera muri Kicukiro RWANDEX ahitwa Atélier du Vin.

Abajijwe icyamuteye kuyita Uwangabiye, Lionel Sentore yatangaje ko byatewe n’uko yamugejeje ku rundi rwego rw’ubwamamare.

Mu kwamamaza Perezida Paul Kagame mu matora yo muri Nyakanga, 2024 iyi ndirimbo iri mu zizihizaga ibirori cyane.

Abagize itsinda Ibihame by’Imana bagaragaraga kenshi bari kuyihamiriza ndetse rimwe na rimwe abo mu muryango wa Perezida Kagame nabo bakabafasha.

TAGGED:AmatoraIgitaramoSentoreUwangabiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Zimbabwe: Abayobozi Bakuru Muri RDF Bitabiriye Inama Ya Bagenzi Babo Ba EAC-SADC
Next Article Rusizi: Inkuba Yakubise Abantu Batatu Barimo Umunyeshuri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?