Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwatozaga Bugesera FC Yagizwe Umutoza W’Ikipe Y’Igihugu Y’u Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Uwatozaga Bugesera FC Yagizwe Umutoza W’Ikipe Y’Igihugu Y’u Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2023 8:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Etienne Ndayiragije akaba yari asanzwe ari umutoza wa Bugesera FC. Yasinyiye gutoza Ikipe y’igihugu y’u Burundi

Amasezerano Etienne Ndayiragije yari afitanye na Bugesera FC yarangiye Taliki 10, Mutarama, 2023.

Ku rubuga rwa Bugesera FC haranditse hati: “Ku bwumvikane bw’impande zombi, Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera FC n’umutoza Etienne Ndayiragije basheshe amasezerano y’akazi.”

Nyuma y’ibyumweru bibiri gusa, ni ukuvuga kuri uyu wa  Gatatu taliki 25, Mutarama, 2023, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru i Burundi ‘FFB’ ryatangaje ko Ndayiragije yamaze gusinyira gutoza ikipe y’igihugu y’u Burundi mu gihe cy’imyaka ibiri.

Uyu mugabo asanganywe uburambe muri aka kazi kuko yatoje amakipe arimo Vital’o y’i Burundi, Azam yo muri Tanzania ndetse n’ikipe y’igihugu ya Tanzania, mu Rwanda atoza Kiyovu Sports na Bugesera FC.

Ndayiragije Etienne yavukiye i Burundi.

TAGGED:BugeseraBurundiIkipeNdayiragijeUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Kwezi Kumwe Ingabo Z’u Bufaransa Zirava No Muri Burkina Faso
Next Article Uwafashije REG BBC Gutwara Shampiyona ‘Agiye’ Kuyigarukamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?