Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwayoboraga Ishami Ry’Abagore Muri PSF Yatabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uwayoboraga Ishami Ry’Abagore Muri PSF Yatabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 February 2023 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urugaga rw’abikorera ku giti cyabo rwatangaje urupfu rwa Agnes Samputu wahoze ayobora Ibiro bya ba rwiyemezamirimo b’abagore muri ruriya rugaga.

Ubutumwa buri ku rukuta rwa ruriya rugaga bugira buti: “ Tubabajwe no gutangaza urupfu rwa Madamu Agnes Samputu wahoze ari umuyobozi w’ishami ry’abagore mu rugaga rw’abikorera ku giti cyabo. Yari umugore w’umunyamurava wagize uruhare mu kuzamura rwa rwiyemezamirimo b’abagore.”

Umwe mu bagore bakoranye nawe witwa Ingabire yabwiye Taarifa ko kimwe mu byo bazahora bamwibukiraho ari ubunyangamugayo bwe no kuba yakoraga cyane ngo azamure umugore wese wiyemeje ubucuruzi.

Ati: “ Twari tumuziho gukora cyane ngo arebe ko yazamura imikorere ya rwiyemezamirimo w’umugore. Igihe twari tumaranye yatubereye umuyobozi mwiza.”

Agnes Samputu yaguye muri Canada aho yari amaze iminsi arwariye.

Igihe cyo kumushyingura ntikiragenwa kubera ko umurambo utaragera mu Rwanda.

TAGGED:AbikoreraCanadafeaturedRwiyemezamirimoSamputu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article APR FC Mu Myiteguro Yo Gutsinda Musanze FC
Next Article Patriots BBC Yasinyishije Umunyamerika Wakiniraga Ikipe Ya Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?