Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uyu Munsi Nibwo Mbonye Amahano Ntigeze Mbona Mu Buzima- Mnangagwa Ku Rwibutso Rwa Gisozi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uyu Munsi Nibwo Mbonye Amahano Ntigeze Mbona Mu Buzima- Mnangagwa Ku Rwibutso Rwa Gisozi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2022 1:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutumwa Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yasize yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi buvuga ko ari bwo bwa mbere mu buzima bwe abonye amahano akomeye, aho yabonye uko abaturage bari basangiye igihugu bicanye, bamwe baziza abandi uko bavutse.

Mnangagwa yanditse ati: “ Uyu munsi ni wo umbereye mubi ukanambabaza mu buzima bwanjye. Ni bwo bwa mbere mbonye aho abantu bishe bagenzi babo mu buryo bubabaje cyane.”

Mnangagwa avuga ko mu masengesho ye asaba akomeje ko ibyabaye bitazongera kubaho na rimwe haba mu Rwanda cyangwa ahandi  ku isi.

Yashimye ko ubuyobozi bw’u Rwanda bwunze abaturage bashobora guhuriza hamwe imbaraga n’ubwenge ngo biteze imbere n’ubwo baciye mu mateka akomeye ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Ubutumwa Mnangagwa yasize yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku rwibutso rwa Gisozi

Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Gisozi, Perezida Mnangagwa yitabiriye inama yahuje abandi bakuru b’ibihugu barimo na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame

Iriya nama yaganiririwemo uko ubuhinzi bwakomeza gushyirwamo imbaraga kugira ngo Afurika izihaze mu biribwa nk’uko ari yo ntego.

Icyakora, abayobozi bavuze ko ikibazo ari uko ibivugirwa mu nama z’abayobozi biba ari byinshi kandi ari byiza ariko bikaba amasigarakicaro.

TAGGED:featuredKagameMnangagwaPerezidaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika Ifite 60% By’Ubutaka Bwera Ariko Budahingwa, Bigatuma Isonza
Next Article Umwamikazi W’u Bwongereza ARAREMBYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?