Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Visit Musanze’: Isiganwa Ry’Amagare Rishishikariza Gusura Musanze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

‘Visit Musanze’: Isiganwa Ry’Amagare Rishishikariza Gusura Musanze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2022 2:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Musanze kuri uyu wa Kane Taliki 13, Ukwakira, 2022 habereye isiganwa ryiswe Visit Musanze  rigamije gushishikariza abantu gusura Akarere ka Musanze. Ryiteguwe n’abasanzwe muri za Koperative z’abatwara abantu  n’ibintu mu Karere ka Musanze.

Iri siganwa  ryitabiriwe n’abagabo 41 n’ab’igitsina gore babiri.

Abazengurutse Umujyi wa Musanze ku ntera ya Kilometero 28, rikaba ryegukanywe n’uwitwa Joseph Ntakirutimana.

Aha i Musanze kandi hari kubera umwiherero w’abazakina imikino migari y’isiganwa ku magare harimo na Tour du Rwanda 2023.

Uri kubera mu ishuri ryitwa African Riding Academy

Bari kwitegura kandi amarushanwa mpuzamahanga nka La Tropicale Amissa Bongo 2023, Shampiyona y’Afurika 2023 na Shampiyona y’Isi 2025.

Perezida w’ishyirahamwe nyarwanda ry’abakina umukino w’amagare Abdallah Murenzi aherutse kubwira Taarifa mu kiganiro kihariye yaduhaye, ko we na bagenzi be bari gukora uko bashoboye ngo bazamure urwego rw’abakina umukino w’igare mu Rwanda.

Perezida Abdallah Murenzi

Yatubwiye ko babikora binyuze mu gukora amasiganwa menshi kugira ngo abantu bamenyere kandi bahabwe n’uburyo bwo guhatana mu yandi marushanwa mpuzamahanga azatuma bateza imbere umwuga wabo.

Musanze: Batangiye Kwiherera Bategura Tour du Rwanda

TAGGED:AmagareMurenziMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Ati: ‘Afurika Si Umugabane W’Ibibazo’
Next Article Ese Umurimo Uracyari Uguhinga Ibindi Bikaba Amahirwe?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?