Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Visit Rwanda Yageze Muri Basketball Ya Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Visit Rwanda Yageze Muri Basketball Ya Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 September 2025 6:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

RDB yatangaje ko yasinyanye amasezerano n’ikipe ya Basketball ya Amerika yitwa Los Angeles Clippers n’indi ikina football y’Abanyamerika yitwa Los Angeles Rams ngo ajye yambara Visit Rwanda.

Visit Rwanda ni uburyo bw’u Rwanda bwo kureshya amahanga ngo arusure, narwo ruyishyure.

Ni ubwo bwa mbere Ikipe yo muri Afurika isinye amasezerano nk’ayo n’ikipe iyo ari yo yose yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, akazaza kuzamura ubukerarugendo bw’igihugu.

Los Angeles Clippers ikina Basketball mu mpuzamashyirahamwe y’uyu mukino muri Amerika ikaba imwe mu makipe akomeye muri iki gihugu.

Jean-Guy Afrika uyobora RDB niwe wayoboye iby’uko gikorwa

Ibi bije byiyongera ku yandi makipe asanzwe akorana na Visit Rwanda ari yo Arsenal, Paris Saint-Germain (PSG), Atlético de Madrid na FC Bayern Munich.

TAGGED:BasketballfeaturedIkipeUmupira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Umusaruro Mbumbe W’u Rwanda Uhagaze Mu Gihembwe Cya Kabiri Cya 2025
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Visit Rwanda Yageze Muri Basketball Ya Amerika

Uko Umusaruro Mbumbe W’u Rwanda Uhagaze Mu Gihembwe Cya Kabiri Cya 2025

Burkina Faso Irapfa Iki Na Côte d’Ivoire ?

Pyramids FC Yazanye Abakinnyi Bakomeye Bo Gutsinda APR FC

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tshisekedi Yavuze Ko u Rwanda Rutacyuye Ingabo Zarwo

Trump Yabwiye Isi Ko Ikabiriza Iby’Imihindagurikire Y’Ikirere

Intambara Iratutumba Hagati Ya Pologne N’Uburusiya

Ubufaransa Bwatangaje Ko Bwemeye Palestine Nk’Igihugu Kigenga Byuzuye

U Rwanda Rwiyemeje Kuba Ihuriro Ry’Ishoramari Mu Karere- RDB

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika: Abantu Biciwe Mu Rusengero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?