Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Volleyball: U Rwanda rwaserewe Muri 1/4 Cy’Igikombe Cy’ Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Volleyball: U Rwanda rwaserewe Muri 1/4 Cy’Igikombe Cy’ Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2025 7:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abanyarwanda batsinzwe n'abanya Misiri amaseti atatu kuri imwe.
SHARE

Ikipe y’igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 20 zikina Volleyball zasezerewe muri 1/4 zitsinzwe na Misiri amaseti atatu kuri imwe.

Ni umukino wakinwe kuri uyu wa Kane Tariki 18, Nzeri ubera ahitwa Hassan Mustafa mu mujyi wiswe Le  6, Octobre mu Misiri ahari  kubera imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20.

Nyuma yo gutsindwa na Misiri, u Rwanda ruzajya gukina rugamije kujya ku mwanya wa gatanu, uwa gatandatu, uwa karindwi cyangwa  uwa munani.

Kuri uyu wa Gatanu iyi kipe y’Abanyarwanda irahura n’iya Algeria saa yine za mu gitondo ku isaha y’i Kigali.

Twibukiranye ko no mu mukino wa mbere iyi kipe yakinnye n’iya Maroc- hari tariki 14, Nzeri, 2025- nabwo yatsinzwe  amaseti atatu kuri abiri, hari mu mukino ufungura indi mikino  y’iigikombe cya Afurika.

TAGGED:GutsindwaIkipeMisiriRwandaVolley
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gisèle Umuhuza Yasimbuwe Na Canoth Manishimwe Muri MININFRA
Next Article Ubwongereza Buratangaza Ko Bwemeye Palestine Nka Leta Yuzuye 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rutsiro: Hubatswe Ibitaro Bizunganira Ibya Boneza

Ubwongereza Buratangaza Ko Bwemeye Palestine Nka Leta Yuzuye 

Volleyball: U Rwanda rwaserewe Muri 1/4 Cy’Igikombe Cy’ Afurika

Gisèle Umuhuza Yasimbuwe Na Canoth Manishimwe Muri MININFRA

Ariel Wayz Na Babo Bajyanywe Mu Kigo Ngororamuco

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyavugururwa?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?