Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Wa Musaza Warwanye Intambara y’Isi ‘Yemerewe Inka’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Wa Musaza Warwanye Intambara y’Isi ‘Yemerewe Inka’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2021 6:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta masaha menshi yashize Taarifa itangaje ko umusaza witwa Epimaque Nyagashotsi asaba Perezida Kagame kuzamuremera kuko ubuyobozi bw’ibanze bwamwimye inka bukavuga ko hari undi wamusimbujwe ku rutonde.

Ubuyobozi bw’ibanzemuri Kiziguro bugisoma iriya nkuru bwasuye Nyagashotsi bumwemera inka.

Yatubwiye ko umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kiziguro yamusuye aherekejwe n’ushinzwe imibereho myiza bamwizeza inka no kumwubakira igikoni.

Nyagashotsi atuye mu kagari ka Ndatemwa, aho ni Mukarere Gatsibo.

Yagize ati: “Banyijeje kumpa inka bakananyubakira igikoni. Ubu ndishimye cyane kandi nzakomeza ntegereze nihanganye.”

Ku Cyumweru yari yabwiye Taarifa ko mu mafaranga y’inkunga yari yaremerewe y’Ubudehe yahawemo Frw10,000 gusa mu myaka 6 yose.

Leta y’u Rwanda isanzwe igenera amafaranga abaturage batishoboye yitwa ay’ingoboka.

Urugo rw’umuryango ugizwe n’umuntu umwe wagenewe Rwf7, 500 ($9) ariko aza kongerwa aba Rwf19, 500 ($24) ni ukuvuga Rwf234,000 ku mwaka.

Ngashotsi avuga ko imyaka itandatu ishize nta faranga na rimwe yahawe kandi yari ari ku rutonde.

Ibi bivuze ko Guverinoma imurimo hagati ya Rwf 540,000 na Rwf 1,000,000, cyangwa abashinzwe kuyamuha barayariye.

Iyo witegereje urugo rwa Nyagashotsi ubona ko rwuriwe n’ibigunda.

Nta gikoni, atekera hanze, imvura yagwa akimurira inkono mu nzu.

TAGGED:featuredInkaIntambaraKiziguroNyagashotsiUmusaza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sankara Yibaza Uko Rusesabagina Yari Kuba Perezida Atari Umunyarwanda
Next Article Imodoka Ya Sugira Ernest Yahiriye Muri Garaje
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?