Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Wa Musaza Warwanye Intambara y’Isi ‘Yemerewe Inka’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Wa Musaza Warwanye Intambara y’Isi ‘Yemerewe Inka’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2021 6:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta masaha menshi yashize Taarifa itangaje ko umusaza witwa Epimaque Nyagashotsi asaba Perezida Kagame kuzamuremera kuko ubuyobozi bw’ibanze bwamwimye inka bukavuga ko hari undi wamusimbujwe ku rutonde.

Ubuyobozi bw’ibanzemuri Kiziguro bugisoma iriya nkuru bwasuye Nyagashotsi bumwemera inka.

Yatubwiye ko umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kiziguro yamusuye aherekejwe n’ushinzwe imibereho myiza bamwizeza inka no kumwubakira igikoni.

Nyagashotsi atuye mu kagari ka Ndatemwa, aho ni Mukarere Gatsibo.

Yagize ati: “Banyijeje kumpa inka bakananyubakira igikoni. Ubu ndishimye cyane kandi nzakomeza ntegereze nihanganye.”

Ku Cyumweru yari yabwiye Taarifa ko mu mafaranga y’inkunga yari yaremerewe y’Ubudehe yahawemo Frw10,000 gusa mu myaka 6 yose.

Leta y’u Rwanda isanzwe igenera amafaranga abaturage batishoboye yitwa ay’ingoboka.

Urugo rw’umuryango ugizwe n’umuntu umwe wagenewe Rwf7, 500 ($9) ariko aza kongerwa aba Rwf19, 500 ($24) ni ukuvuga Rwf234,000 ku mwaka.

Ngashotsi avuga ko imyaka itandatu ishize nta faranga na rimwe yahawe kandi yari ari ku rutonde.

Ibi bivuze ko Guverinoma imurimo hagati ya Rwf 540,000 na Rwf 1,000,000, cyangwa abashinzwe kuyamuha barayariye.

Iyo witegereje urugo rwa Nyagashotsi ubona ko rwuriwe n’ibigunda.

Nta gikoni, atekera hanze, imvura yagwa akimurira inkono mu nzu.

TAGGED:featuredInkaIntambaraKiziguroNyagashotsiUmusaza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sankara Yibaza Uko Rusesabagina Yari Kuba Perezida Atari Umunyarwanda
Next Article Imodoka Ya Sugira Ernest Yahiriye Muri Garaje
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?