Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Wazalendo Yarasanye Na FARDC Hapfamo 12
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Wazalendo Yarasanye Na FARDC Hapfamo 12

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2025 2:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gushaka kubambura intwaro bakabyanga, abasirikare ba DRC barasanye n’abasore bo muri Wazalendo hapfa abantu 12.

Byabaye kuri uyu wa Mbere ubwo abasirikare ba DRC bari bavuye ku rugamba batsinzwemo na M23 bageze muri Uvira abasore bo muri Wazalendo bashaka kubambura imbunda imirwano ivuka ityo!

Umwe mu baturage b’aho byabereye usanzwe ukora muri Sosiyete sivile witwa Serge Kigwati yabwiye Radio Okapi ko abo muri Wazalendo ari bo basagariye abasirikare.

Bikekwa ko abo muri Wazalendo bashakaga intwaro zo kuzirwanaho ubwo M23 izaba yageze muri Uvira kuko ari ryo herezo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kigwati avuga ko abatuye Uvira bafite ubwoba ko muri uyu mujyi ari ho intambara izakomereza kandi ngo si cyera.

Atangaza ko ubwo bwoba bwatumye abacuruzi bo muri kiriya gice batangira gushaka ahandi bimurira ibicuruzwa byabo.

Abo muri Wazalendo bashakaga kwambura imbunda abasirikare ba DRC mu rwego rwo kuba bafite izabo zizabafasha kwirwanaho ubwo M23 izaba yasesekaye muri Uvira.

Abatuye muri Uvira bafite ubwoba bufite ishingiro kuko abenshi bemeza ko ari ho intambara izakomereza kuko uyu mujyi ari uwa kabiri ukomeye muri Kivu y’Amajyepfo(nyuma ya Bukavu) kandi ukaba warahungiyemo abasirikare ba DRC n’ab’Abarundi benshi bari kumwe na Wazalendo.

M23 iraza gukomereza muri Uvira nk’uko bamwe babyemeza.

Abo bose kandi M23 ishobora kuba ibafite mu mugambi wo kuhabakura naho ikahafata.

- Advertisement -
TAGGED:AbarwanyiBukavuIngaboM23UviraWazalendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ni Bande Bagiye Kuganira K’Uguhagarika Intambara Ya Ukraine N’Uburusiya?
Next Article Guhura Kwa Trump Na Putin Biracyari Kure Nk’Ukwezi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?