Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Wine Yiyumva Nka Perezida wa Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Wine Yiyumva Nka Perezida wa Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2021 7:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Ishyaka ‘National Unity Platform, Hon Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine uherutse guhangana na Perezida Museveni mu Matora akayatsindwa, ntiyabyemeye ahubwo muri iki gihe aganira n’abandi biyita ko ari bo bakuru b’Ibihuguc barimo na Juan Guaido wo muri Venezuela.

Ku rukuta rwe rwa Twitter, Bobi Wine yanditse ko we na ‘Perezida’ Guaido baraye baganiriye ku ngingo zirimo uko Uganda na Venezuela bateza imbere uburenganzira bwa muntu.

Yanditse ati: “ Nshimishijwe cyane no kuganira na ‘Perezida Juan Guaido’ ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu. Twaganiriye uko twahuza imbaraga ngo duteze imbere uburenganzira bwa muntu no kwishyira ukizana.”

Ubwo yari afungiye iwe, agoswe n’ingabo za Uganda, Bobi Wine yangiwe gusurwa na Ambasaderi wa USA muri Uganda.

Tariki 18, Mutarama, 2021 nibwo Ambasaderi wa USA muri Uganda  Natalie E. Brown yashatse kujya gusura Bobi Wine ariko ntiyabyemererwa.

Niwe ufatwa nk’uhanganye na Museveni kurusha abandi banyapolitiki muri Uganda
TAGGED:AmatoraAmbasaderifeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Abanyarwanda Birinda COVID-19 Bizaganirwaho Hamaze Gukingirwa 60%
Next Article Jacques Tuyisenge Ntarajya Muri Young Africans
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?