Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yasohoye Indirimbo Ishima Ko Kagame Yatsinze Amatora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Yasohoye Indirimbo Ishima Ko Kagame Yatsinze Amatora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 July 2024 2:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jean de la Croix Havugimana ni umuhanzi ukizamuka wo mu Karere ka Huye. Hamwe n’umugore, baherutse gusohora indirimbo bashima ibyiza Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yagejeje ku barutuye, banamushimira ku ntsinzi.

Avuga ko we n’uwo bashakanya bicaye basanga nta yindi mpano baha Perezida Kagame uretse guhimba indirimbo itaka ibyiza yagejeje ku Banyarwanda.

Ati: “Paul Kagame ni umubyeyi wacu, yaduhaye byose Abanyarwanda ubu turatengamaye.  igihugu cyacu isi yose irakizi ibyo byose bikagaragaririra ku iterambere rirambye n’umutekano dukesha imiyoborere myiza”.

Kodama n’umugore bavuga ko bifuriza Perezida Kagame ishya n’ihirwe kugira ngo ibyo yagejeje ku Banyarwanda mu myaka amaze abayobora, bizakomeze byikube kenshi.

Avuga ko we n’umuryango we, muri iki gihe babayeho neza kandi ko ibyo byose babikesha imiyoborere myiza yaranze ubuyobozi bwa Paul Kagame.

Indirimbo ye yayise Komera, ikaba iboneka kuri YouTube.

Mu gihe cyo kwamamaza umukandida wa FPR-Inkotanyi hakozwe indirimbo nyinshi zavugaga ku byiza yagejeje ku Banyarwanda kandi zikavuga ko Abanyarwanda bazakomeza gukorana nawe mu iterambere rirambye ry’u Rwanda.

Izemenyakanye cyane ni Azabatsinda Kagame yakozwe na Beatha w’i Kamonyi, Ogera ya Bruce Melodie na Bwiza n’izindi.

Indirimbo Komera ya Kodama:

TAGGED:AmatoraIndirimboKagameKodama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Abakiliya Ba WASAC Banenga Umuyobozi Wayo Mu Karere
Next Article Biden Yahariye Kamala Harris Ngo Aziyamamaze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chorale De Kigali Igiye Kuyoborwa N’Umugore Kuva Yabaho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?