Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yateye Umwami W’u Bwongereza Igi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yateye Umwami W’u Bwongereza Igi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 January 2023 3:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umusore w’imyaka 21 y’amavuko witwa Harry May yemeye ko yateye umwami w’u Bwongereza Charles III igi ubwo yari aciye mu gace Harry atuyemo.

Uyu musore yabwiye urukiko ko yabitewe n’umujinya w’uko abatuye mu gace ke babayeho nabi.

Bisa n’ubutumwa yashakaga guha umwami ngo azibuke ko nabo ari Abongereza nk’abandi.

Uyu musore yateye umwami w’u Bwongereza igi taliki 06, Ukuboza, 2022 ariko urukiko rw’i Westminster  yarubwiye ko kumva ngo umwami yaje mu gace kabo byari nko kubashinyagurira.

Urukiko rwamuhanishije kwishyura amande ya £100.

Ubwo yamuteraga igi, umwami Charles III yahungishijwe n’abashinzwe umutekano we, bamwigiza ku ruhande ariko nyuma akomeza urugendo rwe n’amaguru.

Uwabikoze bahise bamuta muri yombi.

Abapolisi bahise bamufata ako kanya

Umushinjacyaha witwa Jason Seetal yavuze ko igi uriya musore yateye umwami ryamuguye hafi ariko ntiryamushwanyukiraho.

Uyu musore mu rukiko ubwo yakatirwaga yaruciye ararumira.

Umwunganira ari we Alex Benn yavuze ko umukiliya we yicuza icyo yabikoreye kandi ngo yiteguye kwemera ingaruka zabyo zose.

TAGGED:BwongerezaIgiUmwamiUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Ikamyo Yagonze Imodoka Ya RDF
Next Article Kigali: Umwana Wazize Impanuka Ajya Ku Ishuri Na Bagenzi Be Yashyinguwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?