Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yavuye i Kigali Ajya Kwica Se Na Nyina Batuye i Nyamasheke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Yavuye i Kigali Ajya Kwica Se Na Nyina Batuye i Nyamasheke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 August 2022 11:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taarifa yamenye  ko mu Mudugudu wa Gakomeye, Akagari ka Kigarama, Umurenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke hari umugabo wari warananiwe n’urushaho ajya kubana na Se na Nyina wabishe abicishije ibyuma.

Uvugwaho ubu bwicanyi yitwa Eliezer akaba afite imyaka 32 y’amavuko.

Ababyeyi yise ni Se witwa Samuel Ndindayino w’imyaka 74 na Nyina witwa Rachel Mukaburanga w’imyaka 62 y’amavuko.

Byabereye mu Murenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke

Ubusanzwe uwo mugabo uvugwaho buriya bwicanyi yari atuye mu Mujyi wa Kigali.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amakuru avuga ko yari asanzwe afitanye amakimbirane n’iwabo ashingiye ku masambu.

Mu minsi yatambutse ngo ababyeyi be bamuhaye umunani we arawugurisha.

Kubera ko yumvaga ko bagomba kumuha iyo sambu yose, ngo yasubiye muri Kanjongo ngo abice hanyuma azayigarurire cyangwa se niyo yafungwa nabo ntibazayigumane.

Ubwo yahageraga yasanze umwuzukuru wa bariya babyeyi be yagiye muri Korali, yinjira mu gikoni ahasanga Nyina amutera icyuma mu ijosi, umusaza ( Se w’uyu mugabo) atabaye nawe bamutera icyuma arapfa.

Imwe mu mpamvu zitera amakimbirane mu ngo ni imitungo irimo n’amasambu.

- Advertisement -

Ikibazo cy’amasambu gikunze kugaragara mu cyaro kuko ariyo ubuzima bw’aho busa n’aho bushingiyeho hafi ya bwose.

TAGGED:featuredIsambuKanjongoNyamashekeUmugabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imijyi Ya Gatsibo Yaradindiye ‘Ugereranyije’ N’Ahandi Mu Rwanda
Next Article Mu Ba DJs 49 Bahatanira Umwanya Wa Mbere Mu Rwanda, Babiri Ni Abakobwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?