Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2023 7:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro haraye habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 29 witwa Sunday bivugwa ko yari yaturutse mu Karere ka Nyagatare.

Ifoto ye akiri muzima imwerekana ahetse igikapu bikaba bikekwa ko ari iyo bamufotoreye iwabo mbere y’uko aza muri Kigali ari n’aho yaguye.

Sunday Raban birakekwa ko yishwe n’abamutegeye mu nzira atashye bamutera ibyuma kuko umurambo we wagaragaye wakomerekejwe cyane.

Sunday Raban yavuye iwabo ari muzima yicirwa mu Mujyi wa Kigali

Bawusanze mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Rwimbogo, Umurenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abamwishe bamuteze mu rukerera bamutera ibyuma ariko kugeza ubu ntibaramenyekana.

Hari umwe mu bamuzi wavuze ko nyakwigendera yari umuntu utuje.

Umuvandimwe wa Raban witwa Cyiza yabwiye bagenzi bacu b’ UMUSEKE ko Raban yavuye mu rugo ku mugoroba agiye kureba umuntu kandi ngo uwo muntu baramuzi, ariko bakeka ko ‘yishwe ku mpamvu z’ubugizi bwa nabi bw’abantu bamuteze.’

Ati “Uwo muntu turamuzi, banatandukanye mu masaha ya saa kumi (04h00 a.m), turakeka ko yishwe ku mpamvu z’ubujura busanzwe. Turifuza ubutabera.”

Sunday akomoka mu Murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare.

- Advertisement -

Umurambo we wajyanywe  ku bitaro bya Kacyiru gukorerwa isuzuma.

TAGGED:featuredKicukiroNyagatareubujuraUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine
Next Article Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?