Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2023 7:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro haraye habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 29 witwa Sunday bivugwa ko yari yaturutse mu Karere ka Nyagatare.

Ifoto ye akiri muzima imwerekana ahetse igikapu bikaba bikekwa ko ari iyo bamufotoreye iwabo mbere y’uko aza muri Kigali ari n’aho yaguye.

Sunday Raban birakekwa ko yishwe n’abamutegeye mu nzira atashye bamutera ibyuma kuko umurambo we wagaragaye wakomerekejwe cyane.

Sunday Raban yavuye iwabo ari muzima yicirwa mu Mujyi wa Kigali

Bawusanze mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Rwimbogo, Umurenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro.

Abamwishe bamuteze mu rukerera bamutera ibyuma ariko kugeza ubu ntibaramenyekana.

Hari umwe mu bamuzi wavuze ko nyakwigendera yari umuntu utuje.

Umuvandimwe wa Raban witwa Cyiza yabwiye bagenzi bacu b’ UMUSEKE ko Raban yavuye mu rugo ku mugoroba agiye kureba umuntu kandi ngo uwo muntu baramuzi, ariko bakeka ko ‘yishwe ku mpamvu z’ubugizi bwa nabi bw’abantu bamuteze.’

Ati “Uwo muntu turamuzi, banatandukanye mu masaha ya saa kumi (04h00 a.m), turakeka ko yishwe ku mpamvu z’ubujura busanzwe. Turifuza ubutabera.”

Sunday akomoka mu Murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare.

Umurambo we wajyanywe  ku bitaro bya Kacyiru gukorerwa isuzuma.

TAGGED:featuredKicukiroNyagatareubujuraUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine
Next Article Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?