Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yiyahuye Kubera Ko Umugore We Yanze Kumutekera Inkoko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yiyahuye Kubera Ko Umugore We Yanze Kumutekera Inkoko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2023 8:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo w’imyaka 45 y’amavuko wo muri Kenya yitwikiye mu nzu nyuma y’uko umugore we yanze kumutekera inkoko. Byabereye ahitwa Uriri, Migori.

Umuyobozi wa Polisi muri kariya gace witwa Assistant Chief John Atonya avuga ko uwiyahuye yitwa John Rugala bikaba bivugwa ko yabitewe n’umujinya w’uko umugore ‘yishakiye’ yanze kumutekera inkoko.

Polisi ivuga ko amakuru y’ibanze yakusanyije, avuga ko umugore w’uriya mugabo yanze kumutekera inkoko kubera ko iriya nkoko yari iy’umwana babyaranye.

Bari barayimuhaye ngo ayiteho, izororoke izamugirire akamaro.

Umugore yabwiye umugabo we ati: “ Iyi nkoko sinabaga ngo nyigutekere, keretse uyisabye umukobwa wacu akayiguha!”

Rugala yananiwe kubyihanganira, yumva ko gusaba umwana inkoko kandi ari we wamubyaye byaba ari agasuguro.

The Citizen Digital ivuga ko uwo mugabo yabanje kwirukana umugore, arahukana nyuma ajya mu nzu arayishumika ahira mo.

Umurambo we wajyanywe ku bitaro bya Migori Level Four Hospital ngo usuzumwe.

TAGGED:featuredInkokoKwiyahuraUmugaboUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sefu Yavuye Muri AS Kigali FC Ajya Muri Rayon Sports
Next Article Col Simba Wishe Abatutsi B’i Kaduha Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?