Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: 2020:Umwaka uhitanye benshi mu bigeze kuyobora ibihugu by’Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

2020:Umwaka uhitanye benshi mu bigeze kuyobora ibihugu by’Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2020 11:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Moi, Nkurunziza, Moubarak, Mkapa
SHARE

Umwaka wa 2020 uri mu yindi myinshi abanyamateka bazandikaho kuko wabayemo byinshi ariko cyane cyane kwibasira abantu mu byerekeye ubuzima kubera icyorezo cya COVID-19. Urebye muri Afurika usanga hari abantu bakomeye wahitanye ariko reka turebe abigeze kuyobora bimwe mu bihugu byayo.

Daniel A.Moi wa Kenya

Yayoboye Kenya guhera muri 1978 kugeza muri 2002. Yasimbuye Jomo Kenyatta.

Hussein Moubarak wa Misiri

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Moubarak yayoboye Misiri guhera muri 1982 kugeza muri 2011.

Yapfuye muri Gashyantare, 2020.

J.Y.Opango wa Congo-Brazzaville

Jacques Joachim Yhombi-Opango yapfuye taliki 30, Werurwe, 2020.

Yayoboye Congo-Brazaville nyuma y’igihe runaka yamaze ari umusirikare mukuru mu ngabo za kiriya gihugu.

- Advertisement -

Nkurunziza w’u Burundi

Pierre Nkurunziza yavutse taliki 18, Ukuboza, 1964, apfa taliki 8, Kamena, 2020. Yari Umunyapolitiki wayoboye u Burundi aza gupfa azize uburwayi bivugwa ko ari ubw’umutima.

Benjamin Mkapa wa Tanzania

Benjamin William Mkapa yavuze muri 1938 apfa taliki 24, Nyakanga, 2020. Ni umwe mu bakuru b’ibihugu by’Afurika babaye abahuza mu bihugu bitandukanye.

Pascal Lisouba wa Congo-Brazzaville

Pascal Lissouba yavutse muri 1931 apfa muri Kanama, 2020.

Niwe Perezida wa Mbere wa Congo Brazzaville watowe mu buryo bwa Demukarasi. Uwamukuye ku butegetsi n’ubu niwe ukiburiho, akaba ari Denis Sassou Nguesso .

Amadou Toumani Touré wa Mali

Amadou Toumani Touré yavutse muri 1948 apfa mu Ugushyingo 2020.

Yabaye Perezida wa kabiri wa Mali watowe mu buryo bwa Demukarasi. Yatangiye kuyobora Mali guhera muri  2002 kugeza muri 2012. Yapfuye azize uburwayi abo mu muryango we bavuga ko ari umutima yazize.

JJRawlings wa Ghana

Jerry John Rawlings yavutse muri 1947  apfa mu Ugushyingo 2020.Yayoboye Ghana guhera 1981 kugeza muri 2001. Afatwa nk’umwe mu bayoboye Ghana bashyizeho Itegelko nshinga Ghana ikigenderaho kugeza n’ubu.

Sidi O.Abdallah wa Mauritania

Yavutse muri 1938 apfa mu Ugushyingo,2020 . Yategetse Mauritania guhera muri 2007 kugeza 2008. Yakorewe coup d’Etat mu Kanama, 2008

 Mamadou Tandja wa Niger

Mamadou Tandja yavutse muri 1938  apfa mu Ugushyingo 2020. Yayoboye Nigeri guhera muri 1999 kugeza muri 2010.

Pierre Buyoya: Kugeza ubu biravugwa ko Pierre Buyoya wigeze kuyobora u Burundi nawe yaba yishwe n’Icyorezo COVID-19.

TAGGED:AbakuruAfurikaCOVID-19Ibihugu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tugomba kumenya kandi tugakumira ibitera umutekano muke – Gen Murasira
Next Article Nyagatare: Yafatanywe ibilo 170 bya gasegereti ya magendu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?