Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yaguze Drones Mu Bushinwa Zo Kwivuna M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yaguze Drones Mu Bushinwa Zo Kwivuna M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo guhangana na M23 ikomeje kububera ibamba, ubutegetsi bwa DRC buravugwaho kugura mu Bushinwa indege z’intambara zidapfa kubonwa na radars bita drones zo mu bwoko bwa CASC Rainbow CH-4.

Africa Intelligence yanditse ko atari izi ndege gusa ubuyobozi bw’i Kinshasa bwashatse mu rwego rwo guhangana na M23 ahubwo hari n’abarwanyi bo muri Roumania bikorera ku giti cyabo ariko bakorana n’ingabo z’Abafaransa.

Aba basirikare b’Abafaransa bakorera mu mutwe wa ba kabuhariwe witwa Légion Etrangère.

Mu minsi ishize hari izindi ntwaro Turikiya yahaye izindi ntwaro ingabo za DRC.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo yisuganye k’uburyo nibona ko ibiganiro by’amahoro byanze buheri heri, izarwana umuhenerezo na M23 bigaca iyo byagaciye.

Ku rundi ruhande, Perezida Tshisekedi ari gukorana na mugenzi we uyobora Angola ndetse n’uyobora Afurika y’Epfo ngo bazamufashe kumvisha SADC ko yamufasha mu kibazo ariko kubera ko ngo asanga atakwizera ko  EAC izamuha ‘ibisubizo yifuza.’

TAGGED:BushinwaCongoIndegeIntambara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Itorero Ryo Ku Mudugudu Ryabaye Baringa?
Next Article Nyamagabe: ‘Yishe’ Umugabo We Amutaba Mu Gikari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ese Elon Musk Yavanywe Mu Nkoramutima Za Trump?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?