Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: 50 Cent Yanze Miliyoni $3 Yahawe Na Trump
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduro

50 Cent Yanze Miliyoni $3 Yahawe Na Trump

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 October 2024 7:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukinnyi wa Filimi akaba n’umwe mu baraperi bakomeye bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika 50 Cent yanze miliyoni $3 yari yemerewe na Donald Trump ngo azaririmbe aho uyu munyapolitiki yiyamamazaga kuri iki Cyumweru gishize.

Trump yari ari ku kibuga kinini kitwa Madison Square Garden kiri muri New York ahari  hateraniye abo mu Ishyaka rya Trump ry’aba Republicans.

Mu kiganiro kitwa “The Breakfast Club” niho Cent yabitangarije.

Yagize ati: ” Nagiye kubona mbona nomero irampagaye bashaka ko nazaba mpari ngo mbaririmbire indirimbo Many Men ariko ndabahakanira”.

Avuga ko n’ubusanzwe adakunda Politiki, akavuga ko ari yo yakoze kuri mugenzi we Kanye West wigeze kuvuga nabi Ubuyapani.

Byamuviriyemo ingaruka zirimo no kutajya mu Buyapani ngo ahakorere igitaramo ndetse ngo byatumye bitamworohera no kugikorera muri Amerika no mu Burayi.

Igitaramo aherutse gukora yahisemo kugikorera mu Bushinwa.

50 Cent ni umuraperi uzwi no muri filime, imwe yamenyekanyemo ni iyitwa Get Rich or Die Trying.

Aba akina ari umwana wakuriye mu muryango ukennye ariko afite intego yo gukira uko byagenda kose.

Yacuruje ibiyobyabwenge, ajya mu mabandi biza kurangira akize.

Curtis James Jackson III yavutse mu mwaka wa 1975 avukira ahitwa South Jamaica.

Yatangiye muzika mu mwaka wa 1996.
Bivugwa ko atunze arenga miliyoni $50.

TAGGED:50 CentAmadolariAmafarangaTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr.Rwamucyo Yasabiwe Gufungwa Imyaka 30
Next Article Polisi Yemeje Ko Yafunze Miss Divine Nshuti Muheto
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?