Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: 60.6% By’Abanyarwanda Bakoresha Internet
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IkoranabuhangaMu Rwanda

60.6% By’Abanyarwanda Bakoresha Internet

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 September 2024 11:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabire Paula uyobora Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko ikoreshwa rya murandasi mu Rwanda rimaze gukataza kuko 60.6% by’Abanyarwanda bayikoresha.

Mu mwaka wa 2011 bari 7% , bivuze ko ikoreshwa ryayo riri hejuru cyane.

 

Minisitiri Ingabire Paula yabitangarije mu Nama nyunguranabitekerezo izwi nka ‘Rwanda Internet Governance Forum 2024- RIGF’.

Iyi nama yateguwe ku bufatanye n’Ikigo Leta yahaye inshingano zo guteza imbere indangarubuga ya RW( Rwanda) kitwa RICTA, abikorera ku giti cyabo n’izindi nzego zikora mu rwego rw’ikoranabuhanga haba mu burezi cyangwa ahandi.

Ingabire avuga ko mu myaka 24 ishize hari byinshi u Rwanda rwagezeho binyuze mu guteza imbere ikoranabuhanga ari nako ruteza rushyira hirya no hino ibikorwaremezo bituma rikora neza.

Yagize ati: “ Nka Minisiteri uruhare rwacu ni ukwemeza politiki n’imikoreshereze yayo iboneye, kandi tukita ku gushyigikira ibikorwa byo kwaguka mu ikoreshwa rya murandasi kandi hatagize usigara inyuma”.

Hari imibare igaragaza ko umuyoboro wa 4G LTE ugera mu bice by’u Rwanda ku rugero rwa 98%.

Raporo nyinshi zishyira u Rwanda imbere mu kugira murandasi nziza kandi yihuta.

Ikigo cyo mu Bwongereza gikora ubushakashatsi ku ikoranabuhanga kitwa Cable giherutse gutangaza ko u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere muri Afurika y’Uburasirazuba, EAC gifite murandasi yihuta kandi ihendutse.

Mbere yarwo Kenya na Tanzania nibyo byari ibya mbere mu kugira murandasi yihuta ariko u Rwanda ruza kubisiga.

Muri iki gihe abakoresha murandasi mu Rwanda ibahendukiye ku $ 43,22 ku kwezi mu gihe mu mwaka wa 2023 yari $ 60.96 ku kwezi.

TAGGED:featuredIngabireMurandasiRwandaTanzaniaUbushakashatsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa Bwemeye Kongera Ikibatsi Mu Mubano Wabwo N’u Rwanda
Next Article Kenya: Abanyeshuri 17 Bishwe N’Inkongi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?