Jean Claude Gaga avuga ko n’ubwo buri wese afite uburenganzira bwo gukoresha murandasi uko abyumva, ariko ari ngombwa kwirinda kurikoresha mu buryo bwica amategeko, bugashengura abarokotse...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda na UNICEF Rwanda bwatangije ubufatanye bwo kuzageza murandasi ku bigo by’amashuri y’u Rwanda. Iyi mikoranire izatangirizwa ku bigo 20 ariko izakomereza n’ahandi....
Minisitiri w’ikoranabuhangana na inovasiyo Paula Ingabire avuga ko kugeza ubu Abanyarwanda benshi bafite telefoni zigendanwa kuko bangana na 82% muri bo abangana na 30% bakaba bafite...
Taliki ya 02, Ukuboza, 2022, nibwo ikigo gicuruza telephone kitwa Tecno cyatangije ubufatanye n’ikigo cy’itumanaho Airtel-Rwanda. Bugamije kugeza ku Banyarwanda murandasi ihendutse na telefoni zigezweho. Guhera...
Airtel Rwanda yahaye abakiliya bayo uburyo bazareba imikino 64 y’igikombe cy’isi izatangira ku Cyumweru Taliki 20, Ugushyingo, 2022. Ubuyobozi bw’iki kigo mu Rwanda bwavuze ko kugira...