Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: 7% By’Abanyarwanda Banywa Itabi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

7% By’Abanyarwanda Banywa Itabi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 March 2023 10:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare iherutse gutangazwa  n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare igaragaza ko 7% by’Abanyarwanda bose ari abanywi b’itabi bahoraho.

Abatuye Intara y’Amajyepfo nibo barinywa kenshi kurusha ahandi.

Ubushakashatsi bwerekana ko kunywa itabi akenshi biterwa no gushaka kwigana no kwemerwa n’urungano rwo mu gihe cy’ubusore.

Bivuze ko abantu batangira kuba abanywi b’itabi bahoraho bakiri bato.

Kubera ko Umunyarwanda akunda gutuma umwana we cyangwa undi aruta, hari abantu batangiye gutumura umwotsi w’itabi bakiri bato cyane ahanini   bitewe n’uko babisabwaga na ba Se cyangwa Sekuru iyo babaga babatumye ‘kubadomekera agatabi.’

Abanyarwanda bo hambere bo bavugaga ko ‘nta mugabo’ utanywa inzoga n’itabi.

Umukozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima Ntaganda Evariste ukora muri serivisi z’indwara zitandura

yabwiye RBA  ko kunywa itabi bitera indwara zitandura zitandukanye zirimo n’iz’ubuhumekero.

Avuga ko umuntu wese yagombye kuzirikana ko afite inshingano zo kwita ku mubiri we n’ubuzima bwe akabirinda icyabuhumanya cyangwa ngo kibwangize mu bundi buryo.

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Alice Kayitesi avuga ko agiye gukorana n’abandi bafatanyije mu buyobozi bagatangiza ubukangurambaga bwo guhashya itabi.

Imibare igaragaza ko Akarere ka mbere gafite abaturage banywa itabi ari Kamonyi kuko bangana na 9.8%.

TAGGED:featuredIndwaraItabiKamonyiKayitesi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abarwanyi Ba ADF Bahitanye Abantu 35
Next Article Paris -Saint Germain Irashaka Kugura Stade Nkuru Y’u Bufaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?