Gusoma Umwanzuro K’Ubujurire Mu Rubanza Rwa Rusesabagina Byimuwe

Staff Write
0 Min Read

Iminsi yabanye micye abanditsi b’Urukiko rw’ubujurire kugira ngo babe barangije kwandika imyanzuro y’Urukiko ku bujurire bwatanzwe n’Ubushinjacyaha bushaka ko Paul Rusesabagina afungwa burundu n’aho abunganira Sankara bo bagashaka ko agabanyirizwa igihano.

Urukiko rw’ubujurire rwavuze ko iminsi 30 rwari rwarihaye yabaye micye kugira ngo abanditsi bwarwo babe barangije kwandika urubanza rwose.

Isomwa ryarwo ryimuriwe Taliki 04, Mata, 2022 nk’uko Perezida w’Urukiko rw’Ubujurire François Regis Rukundakuvuga yabyanzuye.

https://test.taarifa.rw/urukiko-rurasoma-imyanzuro-ku-bujurire-mu-rubanza-rwa-rusesabagina-nabandi-bareganwa/

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *